skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Dream Boys bakomoje ku kuba bashobora kugenda umuti wa mperezayo nkuko Meddy na The Ben babikoze

Dream Boys bavuze ko badashobora kujyenda ngo bahereyo kuko bagifite byinshi byo gukora mu Rwanda kandi hari amahirwe menshi yo gukora ku rubyiruko bityo ko batazatindayo ahubwo bashobora...
21 September 2018 Yasuwe: 1607 0

Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda bagiye gutora Miss Earth Rwanda

Abakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda kuva muri 2015 kugera 2018 bagiye bagira amahirwe yo kugera muri Boot Camp bagiye guhurira mu irushanwa rimwe rya Miss Earth Rwanda 2018.
21 September 2018 Yasuwe: 12161 1

Bugesera: Mubishyingiranwa ngo iyo habuzemo igare umukobwa ntashobora kwishima na gato

Mu karere ka Bugesera Igare ni igikoresho gicyenerwa mu buzima bwa buri munsi bw’abakobwa,kuko nko mu gihe cyo gushyingirwa umugore atababazwa n’uko agiye nta shakoshi afite cyangwa inkweto ariko...
21 September 2018 Yasuwe: 1989 0

Humble Jizzo n’umukunzi we Amy batangaje itariki y’ubukwe bwabo

Humble Jizzo n’umukunzi we Amy bavuze ko bazakora ubukwe Taliki 24 Ugushyingo 2018.
21 September 2018 Yasuwe: 605 0

Dore inzira 7 wakoresha kugira ngo umukobwa utinya kubera uburanga bwe umwegukane

Akenshi usanga hari bamwe mu bahungu babona ubwiza bw’umukobwa bakumva kumubona bisaba ingufu z’umurengera ahanini ziyobowe n’amafaraga nk’uko abenshi bibeshya ariko abahanga bagaragaza uburyo...
21 September 2018 Yasuwe: 4026 1

Dore ibintu 6 abagobo banga ku bagore babo

Hari ingeso zimwe na zimwe abagore bagira nyuma yo kurongorwa zigatuma abagabo babo bahorana agahinda. Kenshi iyo umugore atikosoye birangira umugabo we atakimufitiye urukundo nka mbere ndetse...
21 September 2018 Yasuwe: 4004 0

Dore amafoto agaragaza uburanga bw’umukobwa wagaragaye mu mashusho y’indirimbo ‘Ma Vie’ ya Social Mula

Umukobwa wagaragaye mu mashusho y’indirimbo Ma Vie ya Social Mula yitwa Kety Brizea ku mbuga nkoranyambaga.
20 September 2018 Yasuwe: 4886 0

ShaddyBoo yemeye ko yabonanye na Diamond muri hoteli

ShaddyBoo yavuze ko yabonanye na Diamond muri Hoteli yaracumbikiwemo gusa ko nta cyabaye kubera ko yari ari kumwe n’izindi nshuti ze.
20 September 2018 Yasuwe: 21203 1

Miss Igisabo yatangaje bimwe mu bintu by’ingenzi umusore wifuza kumutereta azaba yuzuje

Yavuze ko umusore wifuza kumutereta azaba ari ntamakemwa, asenga kandi ari Umunyabwenge.
20 September 2018 Yasuwe: 4317 2

Mu birori byo kwambika impeta Young Grace byagaragayemo inkumi zambaye mu buryo budasanzwe [AMAFOTO+VIDEO]

Mu birori Young Grace yambikiwemo impeta n’umukunzi we Hubert byagaragayemo abakobwa bambaye imyenda y’umweru gusa.
20 September 2018 Yasuwe: 5513 0