Ubusanzwe, ibicece ni ibinure biza kunda ku buryo ubibonye abona ubifite ateye nabi bigatuma na nyirabyo agira isoni z’uko ateye bityo ntabe yifuza kujya aho abandi bari bitewe na bya bicece yifitiye.
Kamichi yibarutse umukobwa mu gitondo cy’uyu wa kabiri tariki 18 Nzeli 2018 ,nyumaa y’amezi 3 akoze ubukwe umuhango wabereye mu Mujyi wa Knoxville muri Leta ya Tennessee.
Mushiki wa Diamond Platnumz uzwi nka Esma yatangaje ko kuba yaba mu rukundo n’abagabo batandukanye nta kibazo kibirimo cyane ko ibi bizamufasha guhitamo uwo yita ukwiriye we yahaye imvugo yuko...
Inzego z’umutekano Leta ya Los Angeres muri Amerika zakwiye imishwaro zijagajaga umujyi mu rwego rwo gushaka impeta umuraperi Wiz Khalifa yahaye Amber Rose imyaka itandatu ishize.