skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Social Mula yagize icyo avuga ku ndirimbo ye ‘Ma Vie’ bivugwa ko yashishuye umuhanzikazi Simi

Social Mula yavuze ko abantu bavuga ko yashishuye indirimbo ye ‘Ma Vie’ kuri ‘Smile For Me’ ya Simi ko babeshya kandi ko iriya ndirimbo ari umwimerere we.
15 September 2018 Yasuwe: 1066 0

Justin Beiber na Hailey Baldwin bakoze ubukwe mu ibanga rikomeye

Umuhanzi Justin Beiber ndetse n’umukunzi we Hailey basezeranye imbere y’Imana mu rusengero rwitwa courthouse ruherereye i New York muri Leta zunzu ubumwe z’Amerika.
15 September 2018 Yasuwe: 3126 0

Mc Tino umaze amezi 3 atumvikana kuri Royal Fm yatangaje impamvu yahagaritse akazi

Mc Tino yavuze ko yahagaritse gukora kuri Radio mu rwego rwo guha umwanya uhagije ibikorwa bye bya muzika kubera ko kwikorana umuziki bisaba imbaraga nyinshi.
15 September 2018 Yasuwe: 788 0

Abdul Mulaasi uzwiho kugira abagore benshi muri Uganda agiye kuza mu Rwanda

Umuhanzi Abdul Mulaasi yatumiwe mu gitaramo kizaba ku cyumweru taliki ya 23 Nzeri 2018 ahazwi nko muri New H-Zone Gikondo.
15 September 2018 Yasuwe: 888 0

Davido yishimiwe na benshi kubera igikorwa cy’indashyikirwa yakoze

Davido yahagaritse ibitaramo yarafite muri i Houston Dallas muri Amerika kubera ko agiye gukorera igihugu aho yatangiye kwiga amasomo ajyanye n’igisirikare "NYSC".
15 September 2018 Yasuwe: 937 0

Rema ngo ababazwa cyane nuko Eddy Kenzo aryamana n’abandi bagore kandi ibyo bamuha nawe abifite

Umuhanzikazi Rema wabyariye umwana Eddy Kenzo yatangaje ko ababazwa cyane n’uburyo umugabo we aryamana n’abandi bagore kandi ibyo bamuha nawe afite ,kuri ubu akaba yifuza ko yamugarukira...
14 September 2018 Yasuwe: 3703 0

Habonetse ishuri rigiye kujya rihana by’intangarugero abanyeshuri bigize ibyigomeke

Ishuri ryo muri Leta ya Georgia muri Amerika ryagaruye igihano cyo guhana abanyeshuri bakosheje ndetse bamwe mu babyeyi bemeje ko abana babo bazajya bakubitwa inkoni.
14 September 2018 Yasuwe: 1182 0

Abantu batunguwe no kubona Ifoto igaragaza abasore n’inkumi bambariye abageni barimo gusomana

Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto igaragaza abasore n’inkumi bambariye abageni barimo gusomana mu mwanya wahariwe kwifotoza .
14 September 2018 Yasuwe: 6254 1

P Fla yagaragaye asoma umukobwa wamutwaye umutima [AMAFOTO]

Umuraperi P Fla yatangaje ko ari mu rukundo n’umukobwa uzwi nka Aline.
14 September 2018 Yasuwe: 4668 0

Umunyarwandazi akomeje kwigarurira imitima y’abagabo kubera amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we

Umunyarwandakazi witwa Didy Amie akomeje kwigarurira imitima y’abagabo benshi kubera amafoto asakaza hanze agaragaza imiterere y’umubiri we.
14 September 2018 Yasuwe: 12043 4