Mu bintu byatuma umugore asuzugura mu gihe muteye akabariro bwa mbere harimo kuba utamuteguye ,kuba utamugejeje ku ndunduro y’ibyishimo bye ndetse no kumwitaho bihagije.
Se wa Diamond yavuze ko umuhungu we aramutse amuhaye igishoro cy’amafaranga macye agakomeza akazi ko gucuruza imyenda ya caguwa yahoze acuruza ko byamushimisha cyane.
Am G The Black yiyamye bamwe mu banyamakuru bo mu Rwanda bigize abacukumbuzi mu gihe zimwe mu ndirimbo z’abanyarwanda zasohotse bashakisha izisa nizo basohoye ababwira ko ariko basubiza inyuma...