Kofi Annan wahoze ari Umunyamabanga mukuru wa Loni, kuri uyu wa Kane nibwo yashyinguwe mu cyubahiro umuhango waranzwe n’amarira n’agahinda ku muryango we n’inshuti ze.
Orotomal Alex ni rutahizamu w’umunya-Nigeria kuri ubu ukinira ikipe ya Leopards yo muri Keanya ariko akaba yaranyuze mu Rwanda mu ikipe ya Sunrise ari mu rukundo n’umukobwa w’umunyarwandakazi witwa...
Umukobwa wiga ku ishuri ryitwa Junior High School yakubiswe n’umwarimu we amuziza ko yanze kwiga isomo rye mu gihe bari bagiye kwiga ibijyanye n’amateka.
1.Mwereke ko umwitayeho
Igitsina gore gikunda kwitabwaho cyane niba koko mukundana uzirinde kumwereka ko utamwitayeho ahubwo umunsi ku wundi ujye umuba hafi. mu buzima uzaba umuremyemo icyizere...