Nubwo imibonano mpuzabitsina ari ingenzi, usanga benshi bayikoresha nabi ari byo binabaviramo indwara zanduririra mu mibonano mpuzabitsina cyangwa andi makimbirane atandukanye akomoka ku mibonano...
Umugabo w’ahitwa Cyahafi mu Murenge wa Gitega, yakubiswe ingumi n’umugabo mugenzi we amuziza ko yakoze ku kibuno cy’umugore we ndetse amwihanangiriza ko umugore we atari igikinisho cy’ubonetse wese.
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 08 Nzeli 2018 , Nibwo habaye igitaramo cyo gutangaza Rudasumbwa ndetse na Nyampinga bahagarariye Miss & Mister Elegancy Rwanda mu mwaka wa 2018 ,aho ikamba rya...
Makanyaga Abdul yatangaje ko yatutswe n’umucuranzi we ngo gusa ibi yabitewe n’inzoga yari yanweye aboneraho no guha igihano cy’amezi 2 itsinda ry’abamucurangira mu rwego rwo kumenya icyo abamariye.
Umuhanzi Rihanna yatangaje ko azi neza ko Chris Brown azakemura ibibazo amazemo iminsi ku buryo bukwiriye nk’umubyeyi.ndetse amubwira ko nubwo batandukanye barwanye gusa akimufite ku mutima . Imwe...
Pasiteri Paul Sanyangore zo muri Zimbabwe yatawe muri yombi azira kugurisha n’abakirisitu be amatike yo kwinjira mu ijuru ku mafaranga amadorari Magana atanu 500$.
Umukobwa wa Minisitiri [ Minister Youth and Children’s affairs] James William Kinobe muri Uganda yashyize amafoto ye hanze kuri instagram yambaye ubusa.