skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Dore amafoto agaragaza uburanga bw’umukobwa wambitswe ikamba rya Nyampinga wa Tanzania 2018

Umukobwa witwa Queen Elizabeth yambitswe ikamba rya Miss Tanzania 2018.
9 September 2018 Yasuwe: 5204 1

Gutera akabariro kubashakanye bibongerera ubudahangarwa bw’umubiri wabo ,dore ibindi utazi

Nubwo imibonano mpuzabitsina ari ingenzi, usanga benshi bayikoresha nabi ari byo binabaviramo indwara zanduririra mu mibonano mpuzabitsina cyangwa andi makimbirane atandukanye akomoka ku mibonano...
9 September 2018 Yasuwe: 4094 1

Kimisagara: Umugabo yakubiswe ingumi azira gukorakora umugore w’abandi ku kibuno

Umugabo w’ahitwa Cyahafi mu Murenge wa Gitega, yakubiswe ingumi n’umugabo mugenzi we amuziza ko yakoze ku kibuno cy’umugore we ndetse amwihanangiriza ko umugore we atari igikinisho cy’ubonetse wese.
9 September 2018 Yasuwe: 2828 0

Umukobwa yashyize amafoto ye kuri instagram yambaye ubusa buri buri

Umukobwa witwa Lalaa kuri Instagram yashyizeho amafoto ye yambaye ubusa buri buri bitangaza benshi .
9 September 2018 Yasuwe: 19927 0

Rosine na Divique nibo batorewe kuba Miss & Mister Elegancy Rwanda 2018 [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 08 Nzeli 2018 , Nibwo habaye igitaramo cyo gutangaza Rudasumbwa ndetse na Nyampinga bahagarariye Miss & Mister Elegancy Rwanda mu mwaka wa 2018 ,aho ikamba rya...
9 September 2018 Yasuwe: 2585 0

Makanyaga Abdul yatutswe n’umusore umucurangira

Makanyaga Abdul yatangaje ko yatutswe n’umucuranzi we ngo gusa ibi yabitewe n’inzoga yari yanweye aboneraho no guha igihano cy’amezi 2 itsinda ry’abamucurangira mu rwego rwo kumenya icyo abamariye.
9 September 2018 Yasuwe: 2901 0

Rihanna ngo agatima karacyatera kerekeza kuri Chris Brown wamukubise urushyi

Umuhanzi Rihanna yatangaje ko azi neza ko Chris Brown azakemura ibibazo amazemo iminsi ku buryo bukwiriye nk’umubyeyi.ndetse amubwira ko nubwo batandukanye barwanye gusa akimufite ku mutima . Imwe...
8 September 2018 Yasuwe: 3109 1

Pasiteri yarashwe isasu ryanga kumwinjira [AMAFOTO]

Pasiteri witwa David Elijah yarashwe n’umugizi wa nabi witwaje itwaro isasu ntiryamwinjira.
8 September 2018 Yasuwe: 4508 0

Pasiteri yatawe muri yombi azira kugurisha amatike yo kwinjira mu ijuru

Pasiteri Paul Sanyangore zo muri Zimbabwe yatawe muri yombi azira kugurisha n’abakirisitu be amatike yo kwinjira mu ijuru ku mafaranga amadorari Magana atanu 500$.
8 September 2018 Yasuwe: 2225 1

Umukobwa wa Minisitiri yashyize hanze amafoto ye yambaye ubusa

Umukobwa wa Minisitiri [ Minister Youth and Children’s affairs] James William Kinobe muri Uganda yashyize amafoto ye hanze kuri instagram yambaye ubusa.
8 September 2018 Yasuwe: 8581 3