Urwego rw’ Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abashumba babiri; Ryarahiye na Maniraguha Edison, bo mu Murenge wa Rubavu, bakurikiranywe gutema umukecuru no kumuruma...
Inyigo yakorewe mu karere ka Muhanga igamije kumenya igitera amakimbirane hagati y’ abashakanye yagaragaje ko kutumvikana ku icungwa ry’ umutungo n’ ubusambanyi biza ku isonga mu bitera...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yahawe igihembo cy’umunyafurika w’umwaka wateje imbere ubukungu kuri uyu mugabane, mu bihembo bigenerwa abayobozi mu bya...
Abagore n’ abagabo bo mu karere ka Muhanga barasabwa guhindura imyumvire no kuganira hagati yabo kuko aribyo byagabanya amakimbirane akunze kuba intandaro y’ ubwicanyi na...
Iki kimasa kitwa Knickers kiba kigaragara ko gisumba izindi nka ziri kurisha hamwe nacyo, mu cyaro cyo mu burengerazuba bwa Australia. Iki kimasa cy’imyaka irindwi y’amavuko, gipima ibiro 1400...