Kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Ugushyingo 2018, biteganyijwe ko Perezida wa Gabon Ali Bongo Ondimba agera mu gihugu Maroc y’ ukwezi avurirwa mu bitaro byo muri Arabia...
Members of the parliamentary Standing Committee on Social Affairs in the Lower House are set to start investigations into how the Government lost Rwf224 million in civil servant...
Perezida wa Uganda Museveni yashyimangiye ko inama y’ abakuru b’ ibihugu by’ Umuryango wa Afurika y’ Iburasirazuba igomba kuba tariki 30 Ugushyingo 2018 nubwo Perezida Nkurunziza Pierre w’ u Burundi...
Mupenzi Alex , Umuyobozi w’ ishuri rya G.S. St Vincent de Paul Bunyenga arashinja Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamasheke Kamali Aimé Fabien kumuhimbira ko yibye mudasobwa z’ abanyeshuri ngo azabone uko...
Muri materinite y’ ibitaro bya Gahini hari umunyeshuri w’ urimo wahakoreye ikizami cya Leta cya nyuma yari asigaje nyuma y’ uko ibise bimufashe ari mu kizami. Muri akarere hari undi munyeshuri...
Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa mbere yashinje Leta Zunze Ubumwe z’Amerika guteza "ubwoba butari ngombwa" nyuma yaho iki gihugu kiburiye ko "hashobora kuba igitero cy’iterabwoba" ku nyubako...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kareba mu Murenge wa Jenda witwa Makuza Jean Claude yafatiwe mu cyuho ari kwakira ruswa y’amafaranga ibihumbi mirongo itandatu (60.000 Frw) ayahawe...