Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police (SSP) Jean Marie Vianney Ndushabandi, yatangaje ko Polisi y’u Rwanda, ishami ryayo rishinzwe...
Umuturage witwa Nsengimana Robert ufite imitungo mu kagari ka Nyagatovu umurenge wa Mukarange akarere ka Kayonza arashinja umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge nk’umuhesha w’inkiko utari...
Mu gihe bamwe mu baturage bo mu cyiciro cy’abitwa ko bahoze barasigajwe inyuma n’amateka bavuga ko hari aho bagihezwa ndetse no kunenwa bya hato na hato kandi ngo n’ubufasha bagenerwa na leta hamwe...
Iyi modoka yayihawe nyuma y’uko iyo yari asanzwe afite ipfuye mbere y’umunsi we wa mbere w’akazi, akigira inama yo kujya arara ijoro agenda n’amaguru kugira ngo agere ku kazi ku gihe.
Mu myaka hafi ibiri Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) imaze isezeranye na Leta kwishyuza abigiye ku nguzanyo ya buruse mu mashuri Makuru na Kaminuza, yatangaje ko imaze kugaruza Miliyari 5.1...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yavuze ko yemera umwanzuro w’inzego z’ubutasi z’Amerika ko Uburisiya bwivanze mu matora ya perezida yabaye muri Amerika mu mwaka wa 2016 nubwo...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu abaturage bavuga ko imisoro n’amahoro biri hejuru, bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko barembejwe n’ushinzwe isuku mu isoko kuko abazanye imyaka...