Mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Nyakanga 2018, umusore w’imyaka 28 y’amavuko wo mu mudugudu wa Rubumba, mu kagari ka Ruyenzi ko mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi, yishe...
Hashize iminsi abaturage bo mu karere ka Gisagara na Nyaruguru bugarijwe n’ ikibazo cy’ amabandi yitwaza intwaro ziganjemo iza gakondo yirara mu ngo zabo akabasahurira imitungo aya mabandi yamaze...
Abaturage batuye mu kagari ka Murya ko mu murenge wa Nzahaha wo mu karere ka Rusizi baturiye umuhanda ukunze kwifashishwa n’imodoka zipakira nyiramugengeri ziyijyana ku ruganda rwa GISHOMA PIT...
Abaturage bakoze imirimo y’ubwubatsi ku biro bishya by’umurenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana, baravuga ko bamaze amezi atandatu bambuwe amafaranga bakoreye dore ko ngo na Rwiyemezamirimo...
Inteko ishingamategeko ya Sudani y’epfo yatoye umwanzuro wo kongera manda ya Perezida Salva Kiir kugeza mu mwaka wa 2021 kubera ko iki gihugu cyananiwe gukoresha amatora ya perezida uyu mwaka.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasezeranyije ko agiye gufasha mu kurangiza amakimbirane yo ku mugabane w’Afurika arangwa n’ ubugome n’ubugizi bwa nabi.
Iyi foto yafatiwe i Gako mu karere ka Bugesera kuri uyu wa 13 Nyakanga 2018, mu muhango wo guha ipeti rya Lieutenant abofisiye bato 180. Uyu muhango wayobowe na Perezida Kagame