skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Perezida Kagame yahaye ipeti rya Lieutenant abofisiye bato 180 [VIDEO]

Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umugaba w’ ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul yahaye ipeti rya Lieutenant abofisiye bato 180 bamaze umwaka bahabwa amasomo n’ imyitozo bya gisirikare.
13 July 2018 Yasuwe: 2910 0

Inama ku borozi b’ i Rusizi bamaze gupfusha inkoko zirenga 2000 zizize icyorezo cya GUMBORO

Bamwe mu rubyiruko rwo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi barataka igihombo batewe n’icyorezo kiri kwica inkoko bari boroye. Mu cyumweru kimwe gusa iki cyorezo kimaze guhitana izisaga 2000....
13 July 2018 Yasuwe: 1026 0

Abajyanama b’ ubuzima ngo bima abaturage imiti bakayicuruza muri za Farumasi

Abaturage bo mu kagari ka Mwurire mu murenge wa Mwurire mu karere ka Rwamagana, barashinja abajyanama b’ubuzima kubima imiti ahubwo ngo bakayigurisha mu bacuruza imiti no muri za Farumasi.
13 July 2018 Yasuwe: 489 0

Rwamagana: Abaturage barimo kwamburwa amasambu yabo kubera amabuye y’ agaciro

Abaturage bo mu mudugudu wa Nyagakombe mu kagari ka Cyimbazi mu murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana, baravuga ko barimo kwamburwa uburenganzira ku butaka bwabo kugirango bucukurwemo...
13 July 2018 Yasuwe: 858 0

Kabuga: Ibyo utamenye kuri bya byobo byatawemo abishwe Jenoside

Mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rusororo muri Centre y’ubucuruzi ya Kabuga ahitwa mu Gahoromani hakomeje kuboneka imibiri myinshi y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Amakuru yatanzwe muri...
12 July 2018 Yasuwe: 3031 0

Abakozi 1 800 Leta yabasibye mu bo yaha akazi

Leta y’ u Rwanda yatangaje ko mu myaka 15 ishize imaze gutakariza icyizere Abakozi bagera 1 800 bayikoreraga ikabashyira ku rutonde rw’abadashobora kongera guhabwa akazi mu nzego za yo zose.
12 July 2018 Yasuwe: 5276 0

Ishyaka PL ryizeye ko abadepite baryo baziyongera bakaba 10

Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri muntu (PL) ngo ryizeyeko intebe rifite mu nteko ishinga amategeko y’ u Rwanda iziyongera ikaba 10.
12 July 2018 Yasuwe: 793 1

Umuhanzi Simple A washakaga kuba umukandida wigenga mu matora y’ Abadepite yisubiyeho

Habineza Jean Paul , umusore urangije Kaminuza wari muri 16 bari baramenyeshe ko baziyamamaza yatunguranye ageze kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora akavuga ko abisubitse atagihataniye umwanya mu...
12 July 2018 Yasuwe: 873 0

Kigali: Moto yahiriye mu muhanda irakongoka nyirayo atega indi ahunga

Moto yari igeze I Nyarutarama yerekeza kui Kinamba kuri uyu wa 11 Nyakanga 2018 yahiriye mu muhanda uwari uyitwaye ahita yurira indi moto arahunga.
12 July 2018 Yasuwe: 1989 0

Imyanzuro y’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 11/Nyakanga /2018

None ku wa Gatatu, tariki ya 11 Nyakanga 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
12 July 2018 Yasuwe: 2007 0