Umubonano hagati y’abakuru ba Korea ya ruguru n’iyepfo ugiye gutuma hatangira ingendo nshyasha "ukwiye gushirwa mu mateka", niko ibinyamakuru bya Korea ya ruguru byavuze.
Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo yavuze ko yizeye ko mu mpera z’ uyu mwaka muri iki gihugu hazaba ihererekanya...
Abahinzi mu batuye mu kagali ka Kabona umurenge wa Kinazi ho mu karere ka Huye,barasaba ikigo gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB kubishyura imyaka yabo ngo ihora yonwa n’inka z’iki kigo ziba...
Itangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018 FacebookTwitterWhatsAppEmail 0 27-04-2018 - saa 22:45, IGIHE Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Mata 2018 azaha ikiganiro abitabiriye inama y’ umuryango Mo Ibrahim ujora...
Hari igihe uburemba abantu bibwiraga ko buba ku bagore gusa. Ubushakashatsi bwagaragara ku mu ngo 100 zibura urubyaro 50 muri zo biba byaraturutse ku buremba bw’ umugabo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Mata 2018 bisi ya Kampani itwara abagenzi RITCO yafashwe n’ inkongi igeze mu murenge wa Kivumu mu karere ka Gakenke.