Kuri uyu wa 18 Mata urukiko rwisumuye rwa Musanze rwatangiye kuburanisha urubanza ruregwamo Umunyarwabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Kinigi MUNYARUGENDO Manzi Claude n’ abandi batandatu...
gihugu cy’ u Burundi cyahaye Umunyarwandakazi Nkomeza Christine amasaha 24 ngo yamaze kuva ku butaka bw’u Burundi, ku mpamvu bivugwa ko zifitanye isano no kubangamira umutekano w’igihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 18 Mata 2018, ahitwa mu Mazimeru Rugarambiro Gabiro mu Musasa habonetse imibiri y’ abantu 25 bishwe muri Jenoside yakorerewe Abatusi mu 1994.
Aborozi b’ ihene mu murenge wa Musasa mu karere Rutsiro mu ntara y’ Iburengerazuba borora aya matungo bayambitse ibice by’ utugerekani ku minwa mu rwego rwo kwirinda amakimbirane no gucibwa...
Umunyamategeko wa Komisiyo y’ igihugu yo kurwanya Jenoside yavuze ko kuba Umunyarwanda yaba ari mu matsinda yo kuri interinete avugirwamo ibitekerezo birwanya Leta y’ u Rwanda, ibitekerezo birimo...