Umwe mu basirikare b’ u Rwanda bari mu butumwa bw’ amahoro muri Centreafrica yapfiriye mu gikorwa cy’ ubutabazi ingabo z’ u Rwanda zakoreraga abaturage bari bagabweho igitero n’ abarwanyi bitwaje...
Thompson Agena, w’ imyaka 47 wo mu gihugu cya Nigeria yatawe muri yombi nyuma yo kwica umukobwa we w’ imyaka 6 ari nawe mwana rukumbi yari afite, bikekwa ko yari yaramushugurikiwe n’ umugore we...
Nyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize bwite.