Abatuye mu kajagari kari mu tugari twa Kangondo I, Kangondo II na Kibiraro I, agace kazwi nka Bannyahe i Nyarutarama mu Karere ka Gasabo bagiye kuhimurwa bajyanywe gutuzwa mu mudugudu ugiye kubakwa...
Rulindo: Abana baguwe nabi nyuma yo kugaburirwa inzoka
Abana babiri bavukana bo mu murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo bajyanywe mu bitaro babemerewe nabi nyuma yo kugaburirwa inzoka...
Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi Umuyobozi w’ ishuri rikuru rya Rubengera nyuma y’ uko akubise bikabije abakobwa batatu avuga ko bari batorotse ikigo nyamara bo bakavuga ko yabahoye ko banze ko...
Col Twagiramungu yitabye Imana bitunguranye aguye ku kibuga cy’ indege cyo mu Burundi. Uyu mugabo bikekwa ko yazize uburwayi bw’ umutima yapfuye kuri uyu wa Kane tariki 29 Werurwe 2018.
Col....
Ikigo cy’ igihugu ngenzuramikorere RURA cyatangaje ko ibibazo byatumye Connection yo mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange idakora birimo gushakirwa umuti urambye ndetse ko mu minsi iri...