Umforomo uri mu kigero cy’ imyaka 40 wo kigo nderabuzima cya Rubaya mu karere ka Gicumbi ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umugore w’ imyaka 35 wari wamugannye ngo...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Werurwe 2018, nibwo Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni,byibanze ku bibazo bishingiye ku muhanda wa gari ya moshi,...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye uruzinduko rw’ akazi rw’umunsi muri Uganda yakirwa na mugenzi we Museveni wavuze ko anejejwe no kwakira Kagame
Mu butumwa Museveni yashyizwe kuri...
Mu mpera z’ umwaka utaha I Kigali mu Rwanda hazabera inama nini ivuga kuri SIDA, International Conference on AIDS and STI’s in Afurika izitabirwa n’ abantu ibihumbi 10 akaba ariyo nama izaba...
Perezida Zambia Edgar Lungu yahaye gasopo abafite umugambi wo kumukura ku butegetsi avuga ko afite ikizere ko uwo mugambi uzapfuba.
Umuvugizi wa Perezida Lungu yavuze ko uwo mugambi urimo...
Ikigega mpuzamahanga cy’ Imari FMI cyatangaje ko uyu mwaka wa 2018 ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 7 cyangwa 8%.
Umwaka ushize (2017) IMF yari yatangaje ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho...
Urukiko rwo muri Kenya rwatangaje ko gusuzuma ko abantu bakora ubutinganyi hagendewe ku bizami byo kugenzura mu bibuno byabo binyuranyije n’ amategetegeko nyuma y’ abatinganyi bo muri iki gihugu...