skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Gicumbi: Umuforomo afunzwe akekwaho gusambanya umubyeyi yabyazaga

Umforomo uri mu kigero cy’ imyaka 40 wo kigo nderabuzima cya Rubaya mu karere ka Gicumbi ari mu maboko ya polisi akurikiranyweho icyaha cyo guhohotera umugore w’ imyaka 35 wari wamugannye ngo...
26 March 2018 Yasuwe: 3691 2

Gasabo: Abarwanashyaka ba PSD mu myiteguro y’ amatora y’ Abadepite

Ishyaka riharanira Demukarasi n’ imibereho myiza y’ Abaturage PSD ryasoje ikikorwa cyari kimaze igihe kirenga ukwezi kibera mu gihugu hose cyo gushaka abakandida bazahagararira iri shyaka mu matora...
26 March 2018 Yasuwe: 302 0

Perezida Kagame na Museveni bafatiye hamwe ingamba zihamye ibibazo byari byugarije u Rwanda na Uganda

Kuri iki Cyumweru tariki ya 25 Werurwe 2018, nibwo Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Uganda Yoweli Museveni,byibanze ku bibazo bishingiye ku muhanda wa gari ya moshi,...
25 March 2018 Yasuwe: 329 0

Perezida Museveni yavuze ko yishimiye kwakira Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye uruzinduko rw’ akazi rw’umunsi muri Uganda yakirwa na mugenzi we Museveni wavuze ko anejejwe no kwakira Kagame Mu butumwa Museveni yashyizwe kuri...
25 March 2018 Yasuwe: 1569 1

Bwa mbere Kigali igiye kwakira inama nini izitabirwa n’ abantu 10 000

Mu mpera z’ umwaka utaha I Kigali mu Rwanda hazabera inama nini ivuga kuri SIDA, International Conference on AIDS and STI’s in Afurika izitabirwa n’ abantu ibihumbi 10 akaba ariyo nama izaba...
24 March 2018 Yasuwe: 2987 0

Zambia haravugwa umugambi wo kweguza Perezida Lungu

Perezida Zambia Edgar Lungu yahaye gasopo abafite umugambi wo kumukura ku butegetsi avuga ko afite ikizere ko uwo mugambi uzapfuba. Umuvugizi wa Perezida Lungu yavuze ko uwo mugambi urimo...
24 March 2018 Yasuwe: 911 0

Ibyobo 5 ukwiye kwirinda kugwamo niba utarafata icyemezo mu rukundo

Ntabwo bisobanuye ko mu buzimaumuntu adakwiye kwiyemeza, ariko hari ibintu wiyemeza gukora utarafata icyemezo mu rukundo bikamera nko kwigemurira urupfu. 1. Kwemera impano uhawe yose Iyo...
23 March 2018 Yasuwe: 5377 1

IMF yavuze ko uyu mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bushobora kuzamuhaho 8%

Ikigega mpuzamahanga cy’ Imari FMI cyatangaje ko uyu mwaka wa 2018 ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho 7 cyangwa 8%. Umwaka ushize (2017) IMF yari yatangaje ko ubukungu bw’ u Rwanda buzazamukaho...
23 March 2018 Yasuwe: 727 0

Abantu 10 barakekwaho kwiba ibiryo by’ impunzi muri Uganda

Abo bantu ngo bibye ibiribwa byari bigenewe impunzi ziri mu nkambi y’ ahitwa Kyaka II yakira impunzi ziva muri Repubulika Iharanira Demukarasi. Abakekwa barimo abayobozi b’ umuryango ushinzwe...
23 March 2018 Yasuwe: 2081 0

Kenya yamaganye gusuzumira abatinganyi mu kibuno

Urukiko rwo muri Kenya rwatangaje ko gusuzuma ko abantu bakora ubutinganyi hagendewe ku bizami byo kugenzura mu bibuno byabo binyuranyije n’ amategetegeko nyuma y’ abatinganyi bo muri iki gihugu...
23 March 2018 Yasuwe: 2061 0