skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Busabizwa niwe meya w’ agateganyo w’ umugi wa Kigali

Nyuma y’ uko Nyamulinda Pascal wari Umuyobozi w’ umugi wa Kigali yeguye mu buryo bwatunguye abatari bake, inama njyanama y’ umugi wa Kigali yateranye ku wa Gatanu yemeje ko Busabizwa Parfait aba...
16 April 2018 Yasuwe: 5566 1

Gicumbi: Umuryango w’ abantu 6 umaze imyaka 10 uba mu kizu kirangaye

Umuryango w’abantu batandatu(umugabo n’umugore n’abana 4) uba mu nzu y’ikirangarira uratabaza ubuyobozi ngo ufashwe kubakirwa iyo nzu babamo. itarabagwaho kuko utishoboye. Umunyabanga...
15 April 2018 Yasuwe: 1822 0

Ibiro 500 by’ urumogi byaburiwe irengero polisi ishyira amakosa ku mbeba

Polisi ya Argentine irashinjwa uburangare nyuma y’ uko itaye muri yombi abantu bakekwaho gutunda no gukoresha ikiyobyabwenge cy’ urumogi, abatawe muri yombi bari bafatanywe ibiro 6000 by’ urumogi...
15 April 2018 Yasuwe: 2463 0

AS Kigali yategetswe kwishyura Nyimawumuntu miliyoni 40

Ku wa Gatanu, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwategetse ikipe y’umupira w’amaguru ya AS Kigali, kwishyura Grace Nyinawumuntu watozaga iyi kipe y’abagore, miliyoni 40 Frw, bitewe n’uko...
15 April 2018 Yasuwe: 1608 0

Gicumbi: Umuforomo wafunzwe akekwaho gusambanya umugore yabyazaga yavuze icyari kihishe inyuma y’ ifungwa rye

Umuforomo wo kigo nderabuzima Rubaya witwa Mutabaruka Jean Bosco watawe muri yombi mu kwezi gushize kwa Werurwe avugwaho gusambanya umugore yabyazaga yarekuwe avuga icyari kibyihishe inyuma....
14 April 2018 Yasuwe: 10852 1

Meya Uwanzwenuwe na perezida wa Ibuka bateye utwatsi amakuru yacicikanye avuga ko Visi Meya yanze kwakira urumuri rw’ icyizere

Umuyobozi w’Akarere ka Nyabibu Uwanzwenuwe Theoneste n’Umuyobozi wa Ibuka mu Murenge wa Karago bahakanye amakuru avuga ko umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage,...
14 April 2018 Yasuwe: 6766 1

Afite ikibuno kinini ariko ahorana agahinda n’ amarira [AMAFOTO]

Umugore w’ Umunyafurika y’Epfo yiciraho ufite ikirimo kimaze kuba kinini ku buryo butangaje avuga ko abangamiwe n’ ingano y’ ikibuno cye ku buryo yumva ameze nk’ uwavumwe.
14 April 2018 Yasuwe: 9408 0

Zimbabwe : Robert Mugabe agiye kubazwa igihombo cya miliyari 15 $

Inteko ishinga amategeko ya Zimbabwe yavuze ko igiye gutumiza Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe agatanga ibisobanuro ku irengero rya miliyari 15 z’ amadorali y’ Amerika zavuye mu...
14 April 2018 Yasuwe: 744 0

Kwanga ivangura n’ amacakubiri bigomba guhera ku buyobozi- Senateri Makuza

Perezida wa Sena y’ u Rwanda Bernard Makuza yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi itabaye ku bw’ impanuka ahubwo yateguwe n’ ubuyobozi bubi, avuga ko iyo u Rwanda rugira abanyapolitiki benshi beza...
13 April 2018 Yasuwe: 517 0

Umunyarwandakazi yiciwe muri Malawi n’ abantu bamuteye ibyuma

Umukobwa w’ umunyarwandakazi witwaga Muganga yiciwe muri Malawi hashira iminsi itatu ntawe uramenya irengero rye. Abo mu muryango we bakeka ko yaba yarishwe n’ abanyeshyari
13 April 2018 Yasuwe: 13473 4