Uwo Perezida Joseph Kabila wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yahisemo ngo abe ari we wamusimbura ku butegetsi, ku wa mbere yatangaje igenabikorwa rye, habura iminsi itatu ngo ibikorwa byo...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yongeye umwaka ku bihano Barack Obama wahoze ari Perezida wa US yafatiye abategetsi b’ Abarundi kubera uruhare Amerika ibashinja mu kwaniza...
President Donald Trump has extended by one year the sanctions taken in November 2015 by Barack Obama against personalities of Burundi, because of their role in the deterioration of the situation...
Perezida wa Uganda Museveni ku wa Mbere yakiriye raporo y’ ibiganiro bimaze imyaka 3 bihuza Abarundi yashyikirijwe na Benjamin Mkapa wahoboye ibiganiro avuga ko Uganda ikeneye itegeko nshinga...
Perezida wa Republika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga yagize Maj Gen Aloys Muganga umugaba w’agateganyo w’Inkeragutabara, Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yabitangaje kuri uyu wa 20 Ugushyingo...
Minisitiri w’ Ububanyi n’ Amahanga w’ u Rwanda Amb. Dr Richard Sezibera yavuze ko abashaka ibiganiro n’ u Rwanda atari ngombwa ko bandika babisaba kubera ko ibiganiro ari uburenganzira...
Ifi nini yapfiriye ku nkombe za pariki y’ igihugu cya Indonesia. Leta y’ iki gihugu yatangaje ko mu gifu cyayo basanzemo ibiro 6 by’ imyanda ya purasitiki.