Kuri uyu wa Gatandatu urubyiruko rwitwaje amabuje n’ ibibando rwagabye agatero ku iduka ry’ Abahinde riherereye mu karere ka Lira haduka akavuyo karasiwemo abantu...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yasabye ibihugu bya Afurika kwimakaza ikoreshwa ry’ ikoranabuhanga mu rwego rwo gukorera mu mucyo avuga ko indangamuntu...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Ugushyingo yakiriwe ku meza na Perezida wa Ethiopia Sahle-Work Zewde na...
Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa mu ijambo ryumvikanye nk’irirasa kuri gahunda ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yo gushyira imbere inyungu yazo mbere y’ibindi byose, yayiburiye ko ibihugu bishyira...
Banki y’isi yatangaje ko izaguriza Tanzania miliyoni 300 z’amadolari y’Amerika, mu gihe hari ubushyamirane bushingiye ku banyeshuri b’abakobwa batwara inda.
Byatangajwe ku wa gatanu nyuma y’inama...
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi w’ Afurika Yunze ubumwe Paul Kagame yifurije Perezida wa Gabon kurwara ubukira anihanganisha Malawi na Tanzania.