Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani bagiranye ibiganiro ku mubano w’ ibihugu byombi banakurikirana umuhango w’ isinywa ry’ amasezerano atatu agamije...
Umunyamategeko ukorera mu mujyi wa Kampala Wilbert Muhereza yajyanywe mu bitaro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Ugushyingo 2018, nyuma yo kuraswa n’ umupolisi washyiraga amasasu mu...
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru,agirana nazo ibiganiro bitandukanye.
Jeannette Kagame, Umugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko imiryango ikwiye kureka gufata abagore nk’abadafite agaciro mu gihe umusanzu wabo mu kubaka umuryango ari...
Abana bo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge begeranyijwe n’ umuryango Children Voice Today uharanira ko ijwi ry’ abana ryumvikana, bavuga ko mu bibangamiye uburenganzira bwabo harimo...