Perezida Salva Kiir wa Sudani y’ Epfo yirukanye ku mirimo umuyobozi w’igisirikare Genaral Marial Chanuong Yol ndetse na Minisitiri w’imari, Stephen Dhieu Dau.
The EastAfrican ivuga ko ibi...
Umubyeyi witwa Mureshyankwano Anamariya, ubarizwa mu murenge wa Masaka mu karere ka Kicukiro abana mu nzu n’abana be 4 afite ubwoba ko inzu abamo ishobora kumugwaho muri ibi bihe by’ ituma.
Iyi...
Leta ya Ethiopia yatangaje ko impanuka ikomeye ya bisi yahitanye abanyeshuri 38 mu majyaruguru y’ Ahitwa Amhara.
Iyi mpanuka ngo yatewe n’ imihanda itari imeze neza. Iyi mpanuka yakomerekeyemo...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Werurwe 2018 umukobwa wiga mu kigo cy’ishuri ryisumbuye cya Groupe Scolaire Jabana mu karere ka Gasabo mu mugi wa Kigali yafatiwe mu nzu y’umusore abandi banyeshuri...
Guverinoma y’ u Rwanda yihanganishije imiryango y’ abantu 17 mu karere ka Nyaruguru barimo 45 yakubise bari mu rusengero rw’ abadivanditse mu murenge Nyabimata 15 bakahasiga ubuzima.
Mu kiganiro...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump yirukanye umunyabanga wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Rex Tillerson, amusimbuza Umuyobozi w’ Ikigo cy’ Ubutasi CIA, Mike Pompeo.
Trump...
Guvernoma y’ u Rwanda yatangaje ko impunzi za Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ziri mu Rwanda icyatumye zigaragambya atari uko Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita kumpunzi ryagabanyije...
Umuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Hon.Mushikiwabo Louise yatangajeko u Rwanda rutamenye impamvu yateye agatotsi hagati yarwo na Uganda avuga ko u Rwanda na Uganda bifitanye isano y’ amaraso...
kigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko mu 2017 umusaruro mbumbe w’igihugu wazamutse ku rugero rwa 6.1%, aho wageze kuri miliyari 7 597 uvuye kuri miliyari 6...