Mu gihe muri Afurika by’ umwihariko muri Uganda na Kenya abaganga bakunze kwigaragambya basaba Leta kubongeza imishahara abo mu gihugu cya Canada bo bigaragambije binginga leta y’ iki gihugu ngo...
Vladimir Putin arahabwa amahirwe menshi yo gutsinda amatora ya Perezida w’ Uburusiya ateganyijwe muri Werurwe 2018, bizatuma ahita yinjira mu bakuru b’ ibihugu bayoboye kuva kuri kimwe ¼ cy’...
Ku rusengero rwa ADEPR Gisagara, ruherereye mu murenge wa Ndora inkuba yakubise abantu bane ku Cyumweru tariki 11 Werurwe 2018, umwe ahita yitaba Imana
Ibi bibaye nyuma y’uko kuri uyu wa 10...
Umukambwe Daniel arap Moi wigeze kuba Perezida wa Kenya yajyanywe mu bitaro byo muri Israel kugira ngo asuzumwe n’ abaganga uburwayi amaranye igihe bwo mu ivi.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yahuriye na mugenzi we w’ Ubufaransa mu Buhinde ahabereye inama yiga ku kubyaza umusaruro imirasire y’ izuba bagirana ibiganiro.
Perezidansi y’ u Rwanda...