Jacob Zuma w’ imyaka 75 y’ amavuko ubaye Perezida wa 3 wo muri Afurika wegujwe mu gihe cy’ amezi 13 yavuzweho byinshi haba mu mateka ye ndetse no ku butegetsi bwe. UMURYANGO wabateguriye ibintu 7...
Umugabo w’ imyaka 35 uyobora kamwe mu tugari two mu karere ka Kirehe yatawe muri yombi kuri uyu wa 15 Gashyantare 2018 akurikiranyweho gutera inda umwana w’ imfubyi wamukoreraga akazi ko mu rugo...
Abapolisi babiri bari mu kazi mu gihugu cya Uganda mu mugi wa Kampala barashwe n’ abantu batamenyekanye barabica banabambura imbunda.
Kuri uyu wa Kane tariki 15 Gashyantare 2018 ubwo Mark...
Cyril Ramaphosa amaze kwemezwa ko ari we Perezida wa Repubulika y’ Afurika y’ Epfo. Asimbuye Jacob Zuma waraye atangaje ko yeguye kuri uyu mwanya nyuma yo gushyirwaho igitutu ngo ave ku butegetsi....
None tariki 14 Gashyantare 2018 byari byitezwe ko Perezida Jacob Zuma wa Afurika y’ Epfo atangaza niba yemera kuva ku butegetsi nk’ uko Ishyaka ANC riburiho ribimusaba.
Uyu munyapolitiki w’...