skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Kim Jon Un yatumiye Perezida wa Koreya y’ Epfo mu biganiro

Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yatumiye mugenzi we wa Koreya y’ Epfo mu biganiro byo kuzahura umubano w’ ibihugu byombi umaze igihe urimo agatotsi. Ibi biganiro byatangiye ubwo ibi...
10 February 2018 Yasuwe: 1558 0

Birukanywe mu mikino ya Olympic kubera gusa na Kim Jong Un na Trump

Abagabo babiri birukanywe mu mikino ya Olympic irimo kubera muri Koreya y’ Epfo kubera ko umwe asa na Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika undi akaba asa na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim...
10 February 2018 Yasuwe: 3374 0

Perezida wa Philipine yasenye imodoka z’ imingara

Perezida Rodrigo Duterte yarahagaze arebera uko imodoka zihenze zangizwa nk’ uko yari yabitege. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki 7 Gashyantare 2018. Gusenya izi modoka z’ imingara byahuriranye no...
10 February 2018 Yasuwe: 2390 0

Urutonde rw’ abahanzi nyarwanda 20 bakuze, bakiri ingaragu

Abantu badafite amafaranga bahorana inzozi zo kumva ko baramutse babonye amafaranga bahita bashinga ingo, gusa siko bimeze ku byamamare byo mu Rwanda kuko hari abo bizwi n’ abo bikekwa ko ikofi...
9 February 2018 Yasuwe: 18596 1

Umunya- Canada yitabye Imana bitunguranye avuye gusura ingagi mu Birunga

Umukerarugendo James Trevor wari uvuye mu Birunga yafashwe n’ uburwayi bwo kubabara mu gatuza bamujyana mu bitaro bya Ruhengeli agezeyo ahita yitaba Imana. Trevor wari ufite imyaka 56 y’ amavuko...
9 February 2018 Yasuwe: 4157 0

Nyamagabe yabonye meya mushya usimbura Mugisha Philbert

Uwamahoro Bonavanture niwe watorewe kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe atsinze arusha cyane Mujawayezu Louise bari bahanganiye uyu mwanya. Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Marie Rose...
9 February 2018 Yasuwe: 1557 0

Gasabo: Umugabo yishe umugore babyaranye ngo yamwanduje SIDA

Umugabo w’ imyaka 27 wo mu karere ka Gasabo, I Gasogi mu kagari ka Rudashya, Umurenge wa Ndera, mu Mujyi wa Kigali yishe umugore bigeze kubana nk’ umugore n’ umugabo banafitanye umwana avuga ko...
9 February 2018 Yasuwe: 2513 2

Ubushinjacyaha bwasabye polisi gukora iperereza kuri Niyibikora uherutse kwibasira abagore

Ubushinjacyaha bw’ u Rwanda bwatangaje ko bwasabye polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe ubugenzacyaha gukora iperereza ku muvugabutumwa Niyibikora Nicholas uherutse kwigisha ikigisho abenshi bafashe...
9 February 2018 Yasuwe: 6764 17

2019 abarenga ibihumbi 3 bazatangira kwivuriza mu bitaro by’ akarere ka Nyarugenge

Kuri uyu wa Gatanu tariki 9 Gashyantare nibwo abayobozi barimo na Minisitiri w’ ubuzima Dr Diane Gashumba bashyize ibuye ry’ ifatizo aharimo kubakwa ibitaro by’ akarere ka Nyarugenge bavuga ko...
9 February 2018 Yasuwe: 980 0

Mu myaka itanu ingengo y’ imari y’ u Rwanda imaze kwiyongeraho arenga miliyari 800

U Rwanda ni kimwe mu bihugu by’ Afurika birimo gutera imbere cyane. Iyo umuntu avuze ko nibura buri mwaka ubukungu bw’ u Rwanda bwiyongeraho 5% ushobora kudahita ubyumva ariko amaso yawe akwereka...
9 February 2018 Yasuwe: 706 1