Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un yatumiye mugenzi we wa Koreya y’ Epfo mu biganiro byo kuzahura umubano w’ ibihugu byombi umaze igihe urimo agatotsi.
Ibi biganiro byatangiye ubwo ibi...
Abagabo babiri birukanywe mu mikino ya Olympic irimo kubera muri Koreya y’ Epfo kubera ko umwe asa na Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika undi akaba asa na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim...
Perezida Rodrigo Duterte yarahagaze arebera uko imodoka zihenze zangizwa nk’ uko yari yabitege. Ibi byabaye ku wa Gatatu tariki 7 Gashyantare 2018.
Gusenya izi modoka z’ imingara byahuriranye no...
Uwamahoro Bonavanture niwe watorewe kuba Umuyobozi w’ Akarere ka Nyamagabe atsinze arusha cyane Mujawayezu Louise bari bahanganiye uyu mwanya.
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Marie Rose...
Umugabo w’ imyaka 27 wo mu karere ka Gasabo, I Gasogi mu kagari ka Rudashya, Umurenge wa Ndera, mu Mujyi wa Kigali yishe umugore bigeze kubana nk’ umugore n’ umugabo banafitanye umwana avuga ko...
Ubushinjacyaha bw’ u Rwanda bwatangaje ko bwasabye polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe ubugenzacyaha gukora iperereza ku muvugabutumwa Niyibikora Nicholas uherutse kwigisha ikigisho abenshi bafashe...