skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Umwana w’ imyaka 8 wafotowe agerageza gusana itiyo y’ amazi WASAC yamuhaye miliyoni

Rukundo Yasiri w’ imyaka umunani y’ amavuko wafotowe arimo kugerageza gusana itiyo y’ amazi ngo adakomeza kumeneka, Ikigo cy’ igihugu gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC cyamugeneye ishimwe rya...
11 November 2017 Yasuwe: 2234 0

Congo: Inyeshyamba zasambanyije ku ngufu abakobwa barenga 40

Abarwanyi 18 bo mu mu mutwe w’inyeshamba basambanyije ku nguvu abana 46 muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RD Congo) bagejejwe imbere y’ urukiko. Bamwe mu bakorewe ayo mabi baturuka...
11 November 2017 Yasuwe: 1214 0

Abarundi babana batarasezeranye basigaranye iminsi 60 gusa

Ugendeye ku itegeko Perezida Pierre Nkurunziza yasinye mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka rigamije “gutunganya umuryango mu Burundi” ababana batarashyingiranywe ubu basigaranye uku kwezi n’ugutaha gusa...
11 November 2017 Yasuwe: 343 0

Abakiristu batari abagatolika bagiye kugaba ibitero ku bacuruzi b’ ibiyobyabwenge

Umuryango w’ ihuriro rw’ abaporotestani mu Rwanda C.P.R watangaje ko ugiye gutegura ibikorwa by’ amasengesho bigamije kurandura icuruzwa ry’ ibiyobyabwenge mu Rwanda ku buryo wizeye ko...
10 November 2017 Yasuwe: 1118 1

Mu mezi ane u Rwanda rwahombye miliyari 5 kubera uburenge

Kuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 bitewe n’ indwara y’ uburenge. Ubwo iyi ndwara yadukaga mu ntara y’ uburasirazuba inka zo muri...
10 November 2017 Yasuwe: 848 0

Perezida Trump mu Burusiya yahawe abakobwa 5 bo kumuraza arabyanga

Keith Schiller wahoze ari umurinzi wa Donald Trump yatangaje ko ubwo bari mu ruzinduko mu Burusiya mu mwaka wa 2013, umwe mu Barusiya yemereye Donald Trump abakobwa batanu bo kumuraza ariko...
10 November 2017 Yasuwe: 1609 0

Polisi y’ u Rwanda yashyizwe ku mwanya wa 2 muri Afurika

Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2...
9 November 2017 Yasuwe: 2808 3

RCS yatangaje impamvu abacungagereza 36 birukanywe burundu

Umwe mu byanzuro wafatiwe mu nama y’ abaminisitiri yateranye tariki 8 Ugushyingo 2017 ni iteka rya Minisitiri w’ intebe ryirukana mu kazi abacungagereza 36. Umuvugizi w’ urwego rw’ igihugu...
9 November 2017 Yasuwe: 3495 2

Umugore yavumbuye ko umugabo we amuca inyuma biteza imvururu mu ndege

Indege ya Qatar Airways yahagaze aho itagombaga guhagarara kubera umugore wafashe umugabo amuca inyuma. Ikinyamakuru Hindustan Times cyandikirwa mu Buhindi, cyatangaje ko uwo mugore wo mu gihugu...
9 November 2017 Yasuwe: 2380 0

Rubingisa wari umuyobozi wungirije wa UR yasimbujwe

Umuyobozi wungirije ushinzwe Imari n’Ubutegetsi muri Kaminuza y’u Rwanda, Pudence Rubingisa, yasimbujwe kuri uyu mwanya nyuma y’amezi abiri atawe muri yombi. Nk’ uko bigaragara mu itangazo ry’...
9 November 2017 Yasuwe: 2268 0