Abarwanyi 18 bo mu mu mutwe w’inyeshamba basambanyije ku nguvu abana 46 muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RD Congo) bagejejwe imbere y’ urukiko.
Bamwe mu bakorewe ayo mabi baturuka...
Ugendeye ku itegeko Perezida Pierre Nkurunziza yasinye mu kwezi kwa gatanu uyu mwaka rigamije “gutunganya umuryango mu Burundi” ababana batarashyingiranywe ubu basigaranye uku kwezi n’ugutaha gusa...
Kuva mu kwezi kwa Gatanu kwa 2017 kugeza mu kwezi muri Nzeli 2017, u Rwanda rwahombye miliyari 5 bitewe n’ indwara y’ uburenge.
Ubwo iyi ndwara yadukaga mu ntara y’ uburasirazuba inka zo muri...
Keith Schiller wahoze ari umurinzi wa Donald Trump yatangaje ko ubwo bari mu ruzinduko mu Burusiya mu mwaka wa 2013, umwe mu Barusiya yemereye Donald Trump abakobwa batanu bo kumuraza ariko...
Umuryango Mpuzamahanga uhuriwemo n’abashinzwe iby’umutekano ku isi, muri raporo yawo ya 2016 igaragara uko polisi z’ ibihugu zirushanya u Rwanda ruri ku mwanya wa 50 ku isi rukaba ku mwanya wa 2...
Umwe mu byanzuro wafatiwe mu nama y’ abaminisitiri yateranye tariki 8 Ugushyingo 2017 ni iteka rya Minisitiri w’ intebe ryirukana mu kazi abacungagereza 36.
Umuvugizi w’ urwego rw’ igihugu...
Indege ya Qatar Airways yahagaze aho itagombaga guhagarara kubera umugore wafashe umugabo amuca inyuma.
Ikinyamakuru Hindustan Times cyandikirwa mu Buhindi, cyatangaje ko uwo mugore wo mu gihugu...