Ubuyobozi bw’Ishyaka riri ku butegetsi muri Zimbabwe, ZANU-PF, buravuga ko bwirukanye ku buyobozi bw’iryo shyaka Robert Mugabe.
Emmerson Mnangagwa uherutse kwirukanwa na Mugabe ku mwanya wa...
Abashakashatsi bagaragaraje ko nta kigikozwe mu maguru mashya ikiyaga cya Kivu nubwo abantu bakibonana umutuzo gishobora kwica abantu bagera kuri miliyoni ebyiri mu kanya nk’ ako guhumbya.
Iki...
None ku wa Gatandatu tariki 18 Ugushyingo 2017, mu murwa mukuru wa Zimbabwe Harare hatangiye imyigaragambyo ituje yo gusaba Perezida Mugabe kuva ku butegetsi.
Iyi myigaragambyo yitabiriwe n’...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo 2017, akarere ka Rubavu ko mu ntara y’ iburengerazuba kabonenye umuyobozi mushya ariwe Habyarimana Gilbert.
Habyarimana Gilbert yasimbuye kuri uyu mwanya...
Abajyanama bahagarariye imirenge itandukanye y’akarere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, wa Gatanu batoreye Kayitesi Alice kuba umuyobozi mushya w’aka karere kari kamaze amezi atanu kayoborwa...