skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Reba amateka n’ amafoto y’ umugore wa Perezida mushya wa Zimbabwe usanzwe ari umudepite

Auxilia Mnangagwa w’ imyaka 54 y’ amavuko niwe mugore wa Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa. Ni umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Zimbabwe. Uyu mugore w’ umukiristu n’ umugabo...
25 November 2017 Yasuwe: 6318 1

Zimbabwe: Minisitiri wari mu maboko y’ igisirikare yagejejwe imbere y’ urukiko

Ignatius Chombo, wari Minisitiri w’ imari, uri mu bafashwe ubwo igisirikare cyafataga ubutegetsi muri gahunda cyavuze ko igamije gusubiza ibintu ku murongo kuri uyu wa Gatandatu yagejwe imbere y’...
25 November 2017 Yasuwe: 1161 0

Mexique yakoze pariki y’ inyamaswa zo mu mazi

Guverinoma ya Mexique yakoze pariki nini yo munsi y’ amazi igizwe n’ inyamaswa zo munsi y’ amazi amoko arenga 100, arimo nyamurwa(whales), utunyamasyo n’ izindi. Iyi pariki iri ku buso bungana...
25 November 2017 Yasuwe: 1672 0

Yakize kanseri apfira mu birori byo kwishimira ko yakize

Umugabo w’ abana batatu wo mu gihugu cy’ Ubwongereza yakize indwara ya kanseri yari amaranye amezi atandatu, ategura ibirori byo kwishimira ko yakize abipfiramo. Adam Fenton wari ufite imyaka 31...
25 November 2017 Yasuwe: 3650 0

FEVA basabye ko abihishe inyuma y’ ubucakara muri Libya bashyikirizwa ICC

Perezida wa DGPR akaba na Perezida wa FEVA, Dr Frank Habineza Ishyirahamwe ry’ Amashyaka Arengera Ibidukikije muri Afurika, Fédération des Verts d’Afrique (FEVA) ryasabye Umuryango w’ Afurika...
24 November 2017 Yasuwe: 1905 0

Umuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka

Umuryango urimo ufite ubumuga bukabije ugiye kujya uhabwa inkunga y’ ingoboka Nyuma y’ uko umwe mu bafite ubumuga avuze ko imiryango ifite umuntu ufite ubumuga bwo mutwe idashyirwa mu bagomba...
24 November 2017 Yasuwe: 1160 1

Umuyobozi wa TV1 yasabye abiga itangazamakuru gushirika ubwoba bubabuza kwihangira imirimo

Umuyobozi wa Radio One na TV1 Kakooza Nkuriza Charles(KNC) yasuye abanyeshuri biga mu ishuri ry’itangazamakuru rya Kaminuza y’ u Rwanda (UR),abasaba gutinyuka bakihangira imirimo kuko igishoro...
24 November 2017 Yasuwe: 1260 0

Abavoka bavuze impamvu batakomeje gukurikana ikibazo cya Me Toy warashwe n’ abashinzwe umutekano

Urugaga rw’ abavoka mu Rwanda rwatangaje ko rutatereye agati mu ryingo nyuma yuko Me Toy Nzamwita wari umwavoka arashwe n’ umupolisi, ko ahubwo rwakurikiranye iki kibazo kugeza ubwo umuryango wa Me...
24 November 2017 Yasuwe: 1500 0

Perezida Museveni na Minisitiri w’ Ububanyi n’ Amahanga basabwe kwegura

Abadepite 7 bo mu gihugu cya Uganda bavuze ko Perezida w’ iki gihugu Yoweli Kaguta Museveni na Minisitiri w’ Ububanyi n’ Amahanga Sam Kutesa bakwiye kwegura kubera ko bongeye gushinjwa ruswa....
23 November 2017 Yasuwe: 5520 1

Burundi: Umuntu amaze iminsi akora imyigaragambyo yamagana ubucuruzi bw’ Abanyafurika muri Libya

Issa Niyongere wo mu gihugu cy’ u Burundi amaze iminsi azenguruka umugi wa Bujumbura n’ imodoka ye yanditse amagambo yo kwamagana ubucuruzi bw’ abacakara bukorerwa mu gihugu cya Libya. Nk’ uko...
23 November 2017 Yasuwe: 1541 0