skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Burera: Umugabo yishe umugore we, nawe ariyahura basiga uruhinja rw’ amezi abiri

Makuza Jean de la Paix wari ufite imyaka 28 y’ amavuko yishe umugore we Uwimana Marceline ku mwanya y’ ihangu bapfa ikintu kitamenyekanye nawe ahita yimanika mu mugozi arapfa. Byabereye mu...
1 December 2017 Yasuwe: 1851 1

Abize ‘microbiology’ na ‘food science’ ntibarabonerwa akazi bashobora gukora

Hari bamwe mu banyeshuri barangiza muri amwe mu masomo ya kaminuza n’ amashuri makuru bagera ku isoko ry’ umurimo ntibagire na hamwe bisanga mu myanya y’ akazi ishyirwa ku isoko. Abo banyeshuri...
1 December 2017 Yasuwe: 1299 3

Umudepite yasabye ko u Rwanda rwajya ruhinga hejuru y’ amazu

Umwe mu badepite umunani bagize komisiyo y’ ubuhinzi n’ ubworozi Hon. Hindura Jean Pierre yatanze igitekerezo asaba ko Abanyarwanda bajya bahinga hejuru y’ ibisenge by’ amazu, guverinoma ivuga ko...
1 December 2017 Yasuwe: 3325 6

Zimbabwe: Perezida Mnangagwa yahawe abasirikare imyanya ikomeye muri guverinoma

Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yashyizeho muri guverinoma, abasirikare bakuru abaha imyanya ikomeye. Umusirikare wagaragaye kuri televiziyo igisirikare cya Zimbabwe kikimara...
1 December 2017 Yasuwe: 2006 0

Nta muntu n’ umwe uraboneka mu bari mu bwato bwarohamye hafi ya Tanzania

Kugeza ubu abantu 9 nibo bamaze gutangazwa ko baburiwe irengero mu mu gihugu cya Tanzaniya, nyuma ubwato barimo buhamye mu Nyanja y’Ubuhinde kuri uyu wa Gatatu Daily Monitor yatangaje ko inzego...
30 November 2017 Yasuwe: 888 0

Abanyarwanda bafitiye icyizere itangazamakuru kiruta icyo bafitiye amadini n’ amashyaka

Mu nzego zitari iza Leta itangazamakuru niryo riza imbere mu nzego abanyarwanda bafitiye ikizere. Umuyobozi w’ Urwego rw’ igihugu rw’ igihugu rw’ imiyoborere Prof Shyaka Anastase yabitangarije...
30 November 2017 Yasuwe: 2514 1

Trump na Minisitiri w’ intebe w’ Ubwongereza ntibavuze ku mashusho Trump yakwirakwije

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald yasabye Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May kwita ku iterabwoba aho kumwitaho. Ni nyuma y’ uko Perezida Trump akwirakwije amashusho...
30 November 2017 Yasuwe: 684 0

Abadepite banze ko intumwa y’ umuyobozi w’ ibitaro bya Rwikwavu itanga ibisobanuro

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo 2018, abadepite banze kwakira intumwa yari yoherejwe n’umuyobozi w’Ibitaro bya Rwinkwavu, bakeka ko yanze kubitaba nkana kugira ngo atisobanura ku bibazo yari...
29 November 2017 Yasuwe: 2047 0

Zimbabwe: Perezida mushya yahaye ntarengwa abanyereje imitungo y’ igihugu kuba bayigaruye

Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yahaye amezi atatu abanyereje imitungo y’ iki gihugu ngo babe bamaze kuyigarura. Mnangagwa yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo...
29 November 2017 Yasuwe: 1323 0

Raila Odinga yatangaje ko azarahira mu Ukuboza

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ ubutegetsi bwa Kenyatta akaba n’ umuyobozi w’ihriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya (NASA), Raila Odinga, yatangaje ko yiteguye kurahira nka...
29 November 2017 Yasuwe: 711 0