U Rwanda ni igihugu benshi batangarira bitewe no kwihuta mu ikoranabuhanga no kwihuta mu iterambere. Ni igihugu abenshi bafata nk’ intangarugero ku rwego rw’ Afurika no mu Isi muri rusange.
U...
Umujyanama wa Perezida Trump ku bibazo by’umutekano w’igihugu yatangaje ko Leta zunze ubumwe za Amerika n’inshuti zayo birimo gushakira vuba vuba umuti ikibazo cya Korea ya ruguru mbere yuko ibasha...
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze n’uburakari bwinshi ibiro bishinzwe iperereza imbere mu gihugu, FBI.
Akoresheje urubuga rwa Twitter, Trump yavuze ko isura y’urwo...
Kuri iki Cyumweru tariki 3 Ukuboza 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame bitabiriye siporo rusange ngarukakwezi mu mihanda itarangwamo ibinyabizi.
Iyi siporo iba...
Abantu bafite ubumuga bishimira ko Leta y’u Rwanda isigaye ibitaho by’ umwihariko, gusa ngo babangamiwe no kuba insimburangingo ziri ku giciro kitoroheye buri wese no kuba ziboneka hake...
Guverinoma y’ u Rwanda ivuga ko ifite gahunda yo kuguraho uburyo buriho aho abanyeshuri bose biga mu mashuri abanza biga basimburana, ivuga ko kuba abanyeshuri biga basimburana ataribyo u Rwanda...
Michael Fynn wahoze ari umujyanama wa Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump arashinjwa kuba yaratanze amakuru y’ ibinyoma ubwo yahaga amakuru ibiro by’ Amerika bikora iperereza FBI....