Grace Mugabe, umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Kanama 2017 yishyikirije polisi ya Afurika y’ Epfo akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa.
Ku...
Umukecuru witwa Niyitanga Esperance n’ abana be batatu bacumbikiwe kuri sitasiyo ya polisi ya Runda mu karere ka Kamonyi bakurikiranyweho urupfu rw’ umugabo we bikekwa ko yaba yariyahuye cyangwa...
Guverinoma ya Kongo yahagaritse imbuga nkoranyambaga ku mpamvu ivuga ko ari ugukumira isakazwa ry’ amafoto n’ amashusho bigaragaza ubwicanyi bwabaye ku wa Mbere w’ icyumweru gishize bugatwererwa mu...
Umuryango wa Ndayizeye Hamza na Muduhaneza batuye mu mudugudu wa Mubuga mu murenge wa Kimironko hazwi nko mu Izindiro mu mugi wa Kigali uravuga ko ufite umwana w’ umukobwa w’ amezi atatu wavugira...
Abana ba Bernard Rujindiri batuye mu mudugudu w’ abasigajwe inyuma n’ amateka mu karere ka Kamonyi baravuga ko bugarijwe n’ ubukene bukabije baterwa no kuba inanga yabo yarariwe n’ imungu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Kanama 2017 nibwo Komisiyo y’ amatora yatangaje ibyavuye mu itora rya Perezida wa Repubulika ya Kenya ku wa Kabiri tariki 8 Kanama.
Ubwo hatagazwaga...