Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali yishwe n’ingona yamufatiye mu gishanga cya Nyabarongo ubwo yari agiye kuvoma. Ibi byabaye mugitondo...
Iyi ni imwe mu nyubako zazamuwe muri Kigali, ifoto yakuwe kuri internet
Abayede n’ abafundi nibo bari bamenyereye kurya ku mafaranga y’ ibikorwa by’ ubwubatsi. Magingo aya hiyongereyeho n’...
Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza yatutswe n’ abantu batandukanye ku rubuga rwa Twitter nyuma yo kwandikaho ko yifatanyije na Perezida Kenyatta wa Kenya ku ntsinzi yabonye mu matora yabaye ku...
Umunyeshuri wiga muri kaminuza ya Mount Kenya University yatsindiye kuba umudepite w’ amajyepfo y’ agace ka Igembe.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 10 Kanama 2017 nibwo byatangajwe ko Mr...
Umuntu umwe yatakarije mu myigaragarambyo yakurikiye amatora ya Perezida w’ igihugu cya Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kanama 2017. Ibyavuye mu matora byerekanye ko Perezida Uhuru...
Perezida wa Afurika y’ Epfo Jacob Zuma ku nshuro ya 6 yongeye gusimbuka kweguzwa n’ abadepite nubwo akekwaho ibyaha bya ruswa no kunyereza umutungo w’ igihugu.
Kuri uyu wa Kabili tariki 8...