Igitabo gishya kivuga ku minsi ya nyuma y’ ubuzima bwa Nelson Mandela wigeze kuba Perezida w’ Afurika y’ Epfo nyuma yo kutavugwaho rumwe, icapiro ryagikoze ryagihagaritse.
Ni igitabo cyanditswe na...
Umukwe wa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump akaba n’ umujyanama we Jared Kushner, kuri uyu wa Mbere tariki 24 Nyakanga yasubije ibibazo by’ abagize inteko ishinga amategeko...
Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yagaragaye mu ifoto y’ abantu benshi bari ku meza bafata amafunguro nyuma y’ iminsi igera kuri 80 bivugwa ko ubuzima bwe buri mu marembera. Iyo foto...
Umukandida wigenga Mpayimana Philippe uri mu biyamamariza kuyobora u Rwanda yavuze ko iyo avuga ko nta muntu ukwiye kubyara abana barenze batatu umuntu aba avuga ari umugore.
Mu turere...
Umukandida w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza gahunda ye yo kwiyamamariza mu karere ka Huye yahindutse kubera impamvu nyir’ ubwite yise “akabazo...
Umuryango mpuzamahanaga uharanira uburenganzira bwa muntu muri Koreya ya Ruguru NKDB washyize ahagaragara raporo ivuga ko Perezida w’ iki gihugu Kim Jon un ategeka ababyeyi gutanga abana babo...
Umugore wa Nyakwigendera Nelson Mandela, Graça Machel, agiye gukurikirana mu nkiko uwari umugaga w’ umugabo Nelson Mandela kubera igitabo yanditse avuga ku buzima bwa Mandela mu munsi ya nyuma...
Abatasi ba Leta zunze ubumwe z’ Amerika bemeje amakuru avuga ko Koreya ya Ruguru irimo kwitegura kugerageza indi misile nsanganyamigabane izagera muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Bitangajwe mu...
Muri Kanama uyu mwaka 2017 mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’ Afurika birimo Kenya, u Rwanda, na Angola abaturage bazitorera umukuru w’ igihugu.
Muri Kenya n’ u Rwanda ibikorwa byo...
Umuyobozi w’ akarere ka Rubavu Simanenye Jeremie n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umurenge wa Busanze mu karere ka Nyaruguru batawe muri yombi na polisi y’ u Rwanda bakekwaho kubangamira bamwe mu...