Imbunda yo mu bwoko bwa Karachnogov abakoresha icyongereza bazi nka AK47 yabonetse mu musarane mu rugo rw’ umuturage utuye mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yaratoye umugese.
Iyi mbunda...
Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse.
Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka...
Umukandida wa FPR inkotanyi Paul Kagame yashimiye Minisitiri w’ Umutungo Kamere , akaba na Perezida w’ ishyaka riharanira Demukarasi n ‘ imibereho myiza y’ abaturage Dr Vincent Biruta watangaje ko...
Umukandida wa FPR inkontanyi, kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga yiyamamarije mu Karere ka Rulindo mu ntara y’ amajyaruguru abaturage bati “tugukomeye tuzagutora 100%”.
Ni igikorwa gikomeje cyo...
Umwaka wa 2017, waje uzambya ibintu ku buryo bukomeye ubwo Perezida Donald Trump yajyaga ku buyobozi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, maze Korea ya Ruguru igatangira gukaza ikorwa ry’ibisasu...
Ibiro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika byemeje amakuru avuga ko Perezida Donald Trump yagiranye ibiganiro mu ibanga na Perezida w’ u Burusiya Vladmir Putin.
Ibi biganiro byabaye mu...