skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Karachnogov na magazine yayo yuzuye amasasu byatoraguwe mu rugo rw’ umuturage

Imbunda yo mu bwoko bwa Karachnogov abakoresha icyongereza bazi nka AK47 yabonetse mu musarane mu rugo rw’ umuturage utuye mu murenge wa Mugina mu karere ka Kamonyi yaratoye umugese. Iyi mbunda...
21 July 2017 Yasuwe: 3799 0

Ambasaderi Habineza yasobanuye imvano y’ akazina “Joe”

Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’ urubyiruko umuco na Siporo yasobanuye aho izina Joe benshi bakunda kumwita ryaturutse. Ambasaderi Habineza avuga ko yavukiye mu karere ka...
20 July 2017 Yasuwe: 3466 3

IGERERANYA: Imishahara y’ abaperezida b’ Afurika n’ iy’ abaperezida bakomeye mu Isi

Ntibyoroshye kumenya imishahara y’ abaperezida bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitewe n’ uburyo itumanaho rireba abaperezida bo kuri uyu mugabane ryubatse. Gusa ibinyamakuru...
20 July 2017 Yasuwe: 7907 2

Paul Kagame yashimiye Dr Biruta uyobora PSD [AMAFOTO]

Umukandida wa FPR inkotanyi Paul Kagame yashimiye Minisitiri w’ Umutungo Kamere , akaba na Perezida w’ ishyaka riharanira Demukarasi n ‘ imibereho myiza y’ abaturage Dr Vincent Biruta watangaje ko...
20 July 2017 Yasuwe: 1265 1

Paul Kagame yiyamamarije mu karere ka Rulindo abaturage bati “Tugukomeyeho” [AMAFOTO]

Umukandida wa FPR inkontanyi, kuri uyu wa Kane tariki 20 Nyakanga yiyamamarije mu Karere ka Rulindo mu ntara y’ amajyaruguru abaturage bati “tugukomeye tuzagutora 100%”. Ni igikorwa gikomeje cyo...
20 July 2017 Yasuwe: 860 0

Dore impamvu Amerika itinya kurasa kuri Koreya ya Ruguru

Umwaka wa 2017, waje uzambya ibintu ku buryo bukomeye ubwo Perezida Donald Trump yajyaga ku buyobozi muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, maze Korea ya Ruguru igatangira gukaza ikorwa ry’ibisasu...
20 July 2017 Yasuwe: 9894 4

Perezida Trump na Putin bagiranye ikiganiro kihariye mu ibanga rikomeye

Ibiro bya Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika byemeje amakuru avuga ko Perezida Donald Trump yagiranye ibiganiro mu ibanga na Perezida w’ u Burusiya Vladmir Putin. Ibi biganiro byabaye mu...
19 July 2017 Yasuwe: 710 0

Bateranye amagambo kubera videwo y’ umukobwa wambaye akajipo kagufi agatembera umugi

Mu gihugu cy’ Arabia Saudite impaka zabaye ndende nyuma y’ aho umukobwa witwa Khulood ashyize ahagaragara videwo arimo gutembera mu mujyi wa yambaye agapira n’ akajipo kagufi. Iyi videwo y’ uyu...
18 July 2017 Yasuwe: 2094 0

Havumbuwe ukuntu umuntu yakwipima SIDA

Mu gihugu cya Uganda hagiye gutangira uburyo bushya bwo kwipima agakoko gatera SIDA. Ubushakashatsi bwagaragaraje ko ubu buryo buzafasha cyane abashakanye. Minisiteri y’ ubuzima mu gihugu cya...
18 July 2017 Yasuwe: 4046 0

Tanzania: Sosiyete z’ itumanaho zaciwe akayabo k’ amande

Ikigo gishinzwe kugenzura amakompanyi ya telefone akora cyaciye amande amakompanyi atandatu kubera gutanga amakarata (carte sim) atabaruye kuri ba nyirayo. Muri ayo makompanyi harimo Vodacom...
18 July 2017 Yasuwe: 396 0
0 | ... | 2800 | 2810 | 2820 | 2830 | 2840 | 2850 | 2860 | 2870 | 2880 | ... | 3230