Philip Mulryne yahoze ari umukinyi w’umupira w’amaguru wabigize umwuga, kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Nyakanga yaherewe ubupadiri mu mujyi wa Dublin na Musenyeri Joseph Augustine Di Noia w’ i...
Kiwi ni inyoni abantu benshi bazi kuko bayibona ku mufuniko w’ umuti w’ umukara usigwa ku nkweto (siraje). Iyi nyoni ikunda kuboneka mu gihugu cya Nouvelle Zelande ku mugabane wa Oseyaniya.
Ni...
Abitabiriye amakoraniro y’ abahamya ba Yehova arimo kubera mu karere ka Kicukiro mu mujyi baravuga ko aya makoraniro abafitiye akamaro kanini mu buzima bwabo bwa buri munsi harimo kubana neza n’...
Dr Frank Habineza, Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka yavuze ko kuba kandidatire ye yemejwe ari insinzi ikomeye ku ishyaka rye...
Umukandida wigenga wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017 yavuze ko yashimishijwe cyane no kuba ari mu bakandida batatu bemerewe kuziyimamaza yongeraho...
Mpayimana Philippe niwe mukandida wigenga wenyine wemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda muri bane bari babyifuje.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 7 Nyakanga komisiyo y’ igihugu y’...
Umusore uri mukigero cy’ imyaka 28 ukora umurimo wo gucuruza m2u yakubiswe na bagenzi be inzego z’ umutekano zihagera bamaze kumugira inoge.
Ahagana mu ma saa y’ ine n’ igice kuri uyu wa Gatanu...