Kuri uyu wa Gatanu tariki 23 Kamena I Gikondo hateganyijwe urubanza ruregwamo abasikare bakurikiranyweho kwica barashe Aimé Ntivuguruzwa Yvan.
Mu ntangiriro za Gicurasi uyu mwaka nibwo...
Umuryango wa Egide Kayitasire uri mu byishimo watewe no kuba urukiko rw’ ibanze rwa Kibeho rwategetse ko afungurwa by’ agateganyo.
Ku isaha ya saa munani kuri uyu wa Kane tariki 22 Kamena nibwo...
Bitunguranye Ikipe y’amagaju FC inganyije na As Kigali ihita ikatisha itike ya kimwe cya kabiri cy’irangiza nyuma y’aho amakipe yombi anganyije 2-2 mu gihe umukino ubanza watangiye ari 1-1. Amagaju...
Perezida Paul Kagame yageze ku cyicaro cya Komisiyo y’Amatora (NEC) aho agiye gutanga kandidatire ye izamwemerera guhatana mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017.
Kuri uyu wa kane...
Komisiyo y’Amatora yari yavuze ko ku isaha ya saa ine (10h30 a.m) yakira inyandiko z’ibisabwa Umukandida wigenga Phillipe Mpayimana.
Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho...
Leta y’ u Burundi yatangaje ko hari umutage w’ Umurundi wabuze ubwo yari agiye kureba imitego yo mu mazi yari yateze hafi y’ ahumvikaniye urusaku rw’ amasasu mu murenge wa Bugarama mu karere ka...