Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, François Habitegeko, yabwiye abaturage ko bakwiye kwishimira ibyiza igihugu cyagezeho kandi bakaba aba mbere mu kubisigasira, kuko atari ko byahoze, abibutsa ko...
Perezida Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 19 yatangiye uruzinduko rw’ iminsi ibiri agira mu gihugu cya Zambia, yashimye mugenzi we wa Zambia, Edgar Chagwa Lungu uburyo igihugu cye cyakiriye...
Kuri iki Cyumweru tari 18 Kamena 2017, I Masaka mu karere ka Kicukiro habereye irushanwa ry’ ibigeragezo “Waka Warrior Race 2017, abarushanwa baca mu bigeragezo birimo kunyura mu byondo , n’ indi...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ategerejwe i Lusaka muri Zambia kuri uyu wa Mbere tariki 19 Kamena 2017 mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri yatumiwemo na Perezida wa Zambia Edgar Lungu....