Inzobere mu buvuzi bw’ indwara zo mu mutwe zivuga ko gutinda gushaka ari kimwe mubishobora gutera indwara y’ agahinda gakabije. Ku Isi mu bantu 100 biyahura 90 baba bafite indwara y’ agahinda...
Umugore wa Ministiri w’ intebe wa Lesotho, Tom Thabane yarashwe arapfa mu gihe haburaga amasaha make ngo umugabo we ahabwe inshingano z’ ubuyobozi.
Madame Lipolelo Thabane yarashwe mu ijoro ryo...
Umuyobozi akaba n’ umukandida watanzwe n’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza avuga ko nk’ ishyaka DGPR bizeye ko komisiyo y’ igihugu y’ amatora...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump arashinjwa n’ abagize inteko ishinga amategeko bagera kuri 200 ko yakiriye amafaranga mu buryo bunyuranyije n’ itegeko nshinga rya Leta zunze...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’Umuryango wa Depite Mukayisenga Françoise witabye Imana ku Cyumweru tariki 11 Kamena azize uburwayi avuga ko u Rwanda rubuze umukozi mwiza.
Kuri uyu...
Umwe mu miturirwa yo mu mugi wa London wafashwe n’inkongi y’ umuriro mu gicuku cyo kuri uyu wa 14 Kamena 2017, ubutabazi butinda kuhagera amarira ni yose.
Amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga...
Leta ya Zambia yahagaritse by’ agateganyo iminsi 30 abadepite 48 bo mu ishyaka UPND ritavuga rumwe n’ ubutegetsi kubera kwanga gutega amatwi ijambo rya Perezida wa Zambia Edgar Lungu.
Abo...