skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

“Ba bandi baducunaguzaga bageze nabo aho babona ko bagomba kwimenya” Perezida Kagame

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yavuze ko Abanyarwanda banyuze mu gihe cyo gucunaguzwa, agaragaza ko kuri ubu icyo gihe cyarangiye Abanyarwanda bakwiye kwimenya kuko n’ ababacunaguzaga bagezeho...
10 June 2017 Yasuwe: 2010 2

Umuhanuzi yagaragaje uko Imana isa, anavuga ko yari yahishuriwe ko Kaweesi ari hafi kwicwa [VIDEO]

Jerod Davincy Odongo, umuhanuzi wo mu gihugu cya Uganda uvuga ko yahuye n’ Imana amaso ku yandi yavuze ko Imana yari yamuhishuriye ko Nyakwigendera Andrew Kaweesi wari umuvugizi mukuru wa Polisi ya...
10 June 2017 Yasuwe: 5547 2

Abanya Uganda 5 muri 15 biciwe muri Sudani y’ Epfo

Inzego zishinzwe umutekano muri Uganda zatangaje ko abanya Uganda batanu bari mu bantu 15 biciwe mu gico cyatezwe abagenzi mu gihugu cya Sudani y’ Epfo. Ku wa Kane w’ iki cyumweru nibwo umuntu...
10 June 2017 Yasuwe: 1402 1

Perezida Kagame yashyizwe ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe ku Isi

Ikinyamakuru Reputation Poll cyashyize Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku rutonde rw’ abantu 100 ba mbere bubashywe cyane kurusha abandi mu Isi muri uyu mwaka wa 2017. Uru rutonde rugaragaraho...
10 June 2017 Yasuwe: 2938 1

Reba bumwe mu butumwa Perezida Kagame yatanze ubwo aheruka kuganira n’ Abanyarwanda baba mu Bubiligi

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Kamena Perezida Kagame araganira n’ Abanyarwanda baba mu gihugu cy’ u Bubiligi, ubwo aheruka kuganira nabo tariki 4 Ukuboza 2010 yabasabye kwihesha agaciro abereka...
10 June 2017 Yasuwe: 646 0

Mu mafoto tambagira umujyi wa Ghent aho Perezida Kagame araganirira n’ Abanyarwanda baba mu Bubiligi

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kamena 2017, nibwo hateganyijwe igikorwa gihuriza hamwe Abanyarwanda n’ inshuti zabo bakaganira, ni ‘Rwanda Day’ ya mbere igiye kubera mu gihugu cy’ u Bubiligi,...
10 June 2017 Yasuwe: 2481 0

Umukinnnyi w’ Umunya Ghana yakatiwe imyaka ibiri kubera gusambanya umugore we ku gahato

Urukiko rwo mu gihugu cya Swede kuri uyu wa 9 Kamena rwakatiye umukinnyi w’ Umunya Ghana igifungo cy’ imyaka ibiri kubera gusambanya ku gahato no gukubita umugore we. Biteganyijwe ko Kwame Bonsu...
10 June 2017 Yasuwe: 2044 1

Nyamirambo : Umuntu umwe yitabye Imana abandi bane bararembye harakekwa ibyo banyweye

Gaudence witabye Imana kubera ibyo yanyoye asize abana bane Abantu bane bo mu murenge wa Rwezamenyo Akagari ka Rwezamenyo ya II bararembye mu gihe undi umwe yitabye Imana. Ikinyobwa aba bantu...
9 June 2017 Yasuwe: 3760 1

Uwahoze ari gitifu wa Nyaruguru yatawe muri yombi

Polisi y’ u Rwanda yataye muri yombi Egide Kayitasire wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru, akaza kwegura ku mirimo ye, arimo gukorwaho iperereza ku byaha bibiri. Ayo...
9 June 2017 Yasuwe: 3716 10

Leta y’ u Rwanda igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi bukoresha iyakuramyakura

Minisiteri y’ ubuzima mu Rwanda Minisante yatangaje ko igiye gufungira bamwe mu bakora ubuvuzi budakoresha imiti buzwi nka Reflexology, iyakuramyakura. Iyi Minisiteri yabitangaje mu kiganiro...
9 June 2017 Yasuwe: 2368 6