Kuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo...
Abapolisi bakora ku bibuga by’indege mu Buhinde bahawe amabwiriza yo kumwenyura gacye. Ibi biraterwa n’impungenge ko urugwiro rushobora gutuma babonwa nk’abiraye mu gucunga umutekano, bikaba...
The Ministry of Health has today 10th October 10, 2018 launched the Rwanda Population-based HIV Impact Assessment (RPHIA). The national household-based survey will measure the reach and impact of...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 imwe mu nkuru zavunzwe mu binyamakuru byinshi ku Isi ni ubwegure bwa Nikki Haley wari ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’ Abibumbye...