skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe wa Québec wemeye gushyigikira kandidatire ya Mushikiwabo

Kuri uyu wa 10 Ukwakira, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Québec,François Legault, nyuma y’ uko avuze ko ashyigikiye kandidatire ya Louise Mushikiwabo...
11 October 2018 Yasuwe: 623 0

Abapolisi barinda ku kibuga cy’indege basabwe kugabanya kumwenyura

Abapolisi bakora ku bibuga by’indege mu Buhinde bahawe amabwiriza yo kumwenyura gacye. Ibi biraterwa n’impungenge ko urugwiro rushobora gutuma babonwa nk’abiraye mu gucunga umutekano, bikaba...
10 October 2018 Yasuwe: 2991 0

U Rwanda na UNHCR batangiye guha impunzi passiporo zikoze mu ikoranabuhanga

Leta y’u Rwanda n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi, HCR, batangiye gutanga inzandiko z’inzira zihabwa impunzi byavuzwe ko zikozwe ku buryo bw’ikoranabuhanga bwemewe hose ku isi.
10 October 2018 Yasuwe: 811 1

‘Ntabwo dufora niyo mpamvu dukora ubushakashatsi’ Dr Ndimubanzi

Minisiteri y’ ubuzima yirinze gutangaza niba ifite icyizere ko ubushakashatsi bwa RPHIA buzasanga SIDA mu Rwanda iri munsi ya 3%.
10 October 2018 Yasuwe: 582 0

Rwanda launches a big door to door survey to measure the impact of Rwanda’s HIV Programs

The Ministry of Health has today 10th October 10, 2018 launched the Rwanda Population-based HIV Impact Assessment (RPHIA). The national household-based survey will measure the reach and impact of...
10 October 2018 Yasuwe: 1032 0

Abahanga bagaragaje ko hasigaye imyaka 12 gusa yo gutabara Isi

Raporo yakoze n’ ihururiro rya za guverinoma rishinzwe guhangana n’ ihindagurika ry’ ikirere mu muryango w’ abibumbye IPCC yerekanye ko hasigaye imyaka 12 ngo Isi ibashe kubahiriza amasezerano ya...
10 October 2018 Yasuwe: 2778 0

Ikihishe inyuma yo kuba Nikki Haley yanze gukomeza guhagararira Amerika muri UN

Kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 imwe mu nkuru zavunzwe mu binyamakuru byinshi ku Isi ni ubwegure bwa Nikki Haley wari ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’ Abibumbye...
10 October 2018 Yasuwe: 1531 0

Canada ntigishyigiye umukandadida Michaelle Jean, amahirwe kuri Mushiwabo

Igihugu cya Canada Michaelle avukamo cyamaze gutangaza ko kitagishyigikiye umuturage wacyo Michaelle Jean uhuriye na Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo ku...
10 October 2018 Yasuwe: 1135 0

Depite Habineza yagiriwe icyizere, Dr Ngabitsinze nawe yasimbuye Hon. Nkusi Juvenal

Inteko Ishinga Amategeko y’ u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 yatoye abayobozi b’ amakomisiyo umudepite wavuye mu ishyaka ritavugarumwe n’ ubutegetsi DGPR agirirwa icyizere na...
9 October 2018 Yasuwe: 4676 1

Perezida Erdogan arashaka kumenya koko niba umunyamakuru w’ inshuti ye Jamal yarishwe

Perezida wa Turikiya Recep Tayyip Erdogan yasabye abategetsi ba Arabie Saoudite kugaragaza gihamya yuko umunyamakuru waburiwe irengero yasohotse muri ambasade ya Arabie Saouite iri mu murwa mukuru...
9 October 2018 Yasuwe: 1427 0