Perezida w’ u Rwanda akaba mugaba w’Ingabo w’Ikirenga w’ ingabo z’ u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego z’ ingabo, aho yohereje Brig Gen Francis Mutiganda, gukorera ku cyicaro...
Abakora mu bikorwa byo kuvura indwara ya Ebola muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo bakomeretse bikomeye ubwo abaturage barubiye babagabagaho igitero.
Australia yatangaje ko kigiye gukuraho umusoro utavugwaho rumwe ku bikoresho by’isuku byifashishwa n’abagore mu gihe bari mu mihango, nyuma y’imyaka yari ishize amashyirahamwe y’abagore ahirimbanira...
Urikiko Mpuzamahanga International Criminal for Justice rwategetse Leta zunze ubumwe Amerika Koroshya ibihano yafatiye igihugu cya Iran nyuma yo kwikura mu masezerano yo guhashya intwaro...
Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madame MUHONGERWA Patricie yasabye buri wese wamwumvise nabi mu mvugo ye yo mu ntangiriro z’ukwezi kwa kane ko nta kintu...
Ubu bushakashatsi buzwi nka ‘Rwanda Governance Scorecard’, bwerekanye ko umutekano n’ituze rusange biri ku kigero cya 94.97 % bivuye kuri 92.62 % mu mwaka wa 2016 naho imitangire ya serivise ikaba...