A woman nursing injuries in a Kampala hospital has said she witnessed the shooting dead in Arua of Yasin Kawuma and that she at the time was seated in the same Tundra vehicle owned by Kyadondo East...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) Dr Frank Habineza yaseseranyije abanyabugesera ko nibabagirira icyizere batazabyiza.
Uwahoze ari Umuyobozi wa polisi ya Uganda Inspector General of Police (IGP), Gen Kale Kayihura, yatanze ingwate ararekurwa by’ agateganyo nyuma y’ igihe afungiye mu nkambi ya gisirikare.
Umukozi wa Leta ya Australia yahembwe umushahara ukubye inshuro 100 umushahara we usanzwe w’ukuri kubera akitso gatandukanya imibare kashyizwe mu mwanya utariwo bigatuma hiyongeraho amadorali 500 000.
Nicolas Hulot, Minisitiri w’ibidukikije mu Bufarasansa, yeguye ari mu kiganiro cyacaga kuri radiyo , ibintu byatunguye na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu ubwe.
Abashakashatsi mu by’ ubuvuzi bo mu gihugu cya Australia muri Garvan Institute of Medical Research bahishuye ko bavumbuye urugingo ruba mu mubiri w’ umuntu ruto cyane rufasha umubiri w’ umuntu...