Umukobwa w’ imyaka 66 wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika muri Leta ya Georgia mu mujyi wa Atlanta yashyize ubusugi bwe ku isoko kugira ngo abone amadorali y’ Amerika $50,000 asabwa ngo abagwe...
Umuyobozi wa PS Imberakuri Chritsine Mukabunani n’ Umuyobozi wa DGPR Dr Frank Habineza
Komisiyo y’ Igihugu y’ amatora(NEC) yatangaje ibyavuye mu matora y’ abadepite ku kigero cya 70% byerekana ko...
Bobi Wine, umuhanzi mu njyana ya pop akaba na Depite muri Uganda, yageze muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku wa gatandatu agiye kwivuza nyuma y’ibirego ko yaba yarakorewe iyicarubozo akanakubitwa...
Komisiyo y’ igihugu y’ amatora mu Rwanda yatangaje ko izaburana niramuka irezwe mu nkiko n’ umukandida depite wigega Nsengiyumva Janvier wagaragaye ku rupapuro rw’ itora amazina ye yanditse nabi.
Abaganga mu bitaro bya Kaminuza bya Butare CHUB bishimiye ko bwa mbere mu mateka y’ u Rwanda batoreye ku bitaro banavuga ko byatumye batanga serivise neza.