Mu rugendo amazemo iminsi mu mirenge ya Bweyeye,Butare,Bugarama na Kamembe yo mu karere ka Rusizi yose ihana imbibi n’ibihugu by’u Burundi na Kongo Kinshasa,Guverineri w’intara yu’uburengerazuba...
Nk’uko bamwe mu batuye mu kagari ka Mahoko bakunze kubigarukaho ngo ubusanzwe muri ako gace nta mugezi wahahoze, ahubwo mu myaka mike ishize nibwo hatangiye gutemba utuzi duke duturuka ku isoko...
Umukandida itangazamakuru rigereranya na Trump wa Bresil urimo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Brezil, Jair Bolsonaro, yacumiswe imbugita ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza.
Umusore witwa Gisagara Yannick umaze kuba ikimenyabose mu Rwanda kubera uburwayi bw’ impyiko zombi, u Rwanda rubinyujije mu Kigo y’ igihugu gifasha abantu kujya kwivuriza mu bitaro byo mu mahanga,...
Ku kiraro cya Nyabugogo, ku mugoroba wo kuri uyu 6 Nzeli 2018 harasiwe umusore w’umujura wo mu itsinda rizwi nk’Abamarine’, wibaga ibikoresho byari mu ikamyo yerekeza i Batsinda.
Mu murenge wa Ngoma w’ akarere ka Nyaruguru uri uhana imbibi n’ igihugu cy’ u Burundi hari abaturage bavuga ko bamaze imyaka igera ku 8 batarahabwa indangamuntu kandi barujuje ibisabwa byose.
Nsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.