skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Gov. Munyatwari yasabye abaturage kwirinda ababeshya ko hari uduce tw’ u Rwanda bigaruriye

Mu rugendo amazemo iminsi mu mirenge ya Bweyeye,Butare,Bugarama na Kamembe yo mu karere ka Rusizi yose ihana imbibi n’ibihugu by’u Burundi na Kongo Kinshasa,Guverineri w’intara yu’uburengerazuba...
8 September 2018 Yasuwe: 768 0

Rubavu: Kurwanya umwuzure byinjijwe mu mihigo y’akarere

Nk’uko bamwe mu batuye mu kagari ka Mahoko bakunze kubigarukaho ngo ubusanzwe muri ako gace nta mugezi wahahoze, ahubwo mu myaka mike ishize nibwo hatangiye gutemba utuzi duke duturuka ku isoko...
8 September 2018 Yasuwe: 373 0

Ingaruka mbi zo kwambara imyenda y’ imbere ya gacuwa

Imyenda ya gacuwa irakundwa cyane ngo itinda gucika kandi igahenduka ariko abahanga bavuga ko iyi myenda atari myiza ku buzima.
7 September 2018 Yasuwe: 2885 1

Robert Mugabe yemeye intsinzi y’ uwamusimbuye wahaye rifuti y’ indege umugore we

Uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yavuze ko yemeye intsinzi ya Emmerson Mnangagwa wamusimbuye.
7 September 2018 Yasuwe: 2775 0

Umukandida uhabwa amahirwe yo kuba Perezida wa Brazil yatewe icyuma

Umukandida itangazamakuru rigereranya na Trump wa Bresil urimo kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Brezil, Jair Bolsonaro, yacumiswe imbugita ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza.
7 September 2018 Yasuwe: 1559 0

U Rwanda rwemeye kwishyurira umusore ukeneye miliyoni 19 ngo avurirwe mu Buhinde

Umusore witwa Gisagara Yannick umaze kuba ikimenyabose mu Rwanda kubera uburwayi bw’ impyiko zombi, u Rwanda rubinyujije mu Kigo y’ igihugu gifasha abantu kujya kwivuriza mu bitaro byo mu mahanga,...
7 September 2018 Yasuwe: 2757 0

Nyabugogo: Umusore yarasiwe hejuru y’ ikamyo arimo kwiba

Ku kiraro cya Nyabugogo, ku mugoroba wo kuri uyu 6 Nzeli 2018 harasiwe umusore w’umujura wo mu itsinda rizwi nk’Abamarine’, wibaga ibikoresho byari mu ikamyo yerekeza i Batsinda.
7 September 2018 Yasuwe: 5011 2

Umubare w’ abagore mu nteko y’ u Rwanda waragabanyutse, ntabwo wiyongereye

Komisiyo y’amatora iratangaza ko ubwiganze bw’abagore mu Nteko Ishinga Amategeko butazagera ku rugero rwa 67 % nk’uko byari byavuzwe hagitangazwa amajwi y’agateganyo.
7 September 2018 Yasuwe: 1097 1

Nyaruguru/ Ngoma: Ntibarahabwa indangamuntu basabye mu myaka 8 ishize

Mu murenge wa Ngoma w’ akarere ka Nyaruguru uri uhana imbibi n’ igihugu cy’ u Burundi hari abaturage bavuga ko bamaze imyaka igera ku 8 batarahabwa indangamuntu kandi barujuje ibisabwa byose.
6 September 2018 Yasuwe: 683 0

Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo

Nsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
6 September 2018 Yasuwe: 3719 0