Ethics minister Simon Lokodo has said he lost a spirited fight to stop the staging of Nyege Nyege, a social carnival that got underway in Jinja Town yesterday, because the devil had a “stronger hand”.
Inkura yo muri pariki ‘Safari’ mu mujyi wa San Diego, muri Leta ya California muri Leta zunze ubumwe za Amerika yamaze amasaha 96 ifite ubushake bwo kwimya.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Huye kuri uyu wa 07 Nzeri 2018 yafashe umukobwa w’imyaka 17 wakoraga akazi ko mu rugo, akurikiranyweho kwiba umwana.
Abaturage bo mu majyaruguru ya Tigray muri Ethiopia banyweye ku mazi y’umugisha bugarijwe n’indwara y’impiswi ndetse abagera ku 10 bamaze kuhasiga ubuzima.
Barack Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump wamusimbuye kuri uwo mwanya kubera "ibintu birimo ubusazi biri kubera mu biro bya perezida...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasabye minisiteri y’ubucamanza y’iki gihugu gukora iperereza ku nkuru y’igitekerezo yasohotse mu kinyamakuru The New York Times yanditswe...