skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Umugabo uvuga ko yiyumva nk’ abagore yafungiwe muri gereza y’ abagore yongera ibyaha ku bindi

Karen White niyo mazina umugobo witwa Stephen Wood yihaye nyuma y’ uko atangaje ko asigaye yiyumva nk’ umukobwa ndetse afite gahunda yo kugana abaganga bakamuhindurira igitsina.
14 September 2018 Yasuwe: 2039 0

Abana bataye amashuri basigaye birirwa basunika imodoka

Mu muhanda wangiritse wa Gisozi–Karuruma hagaragaramo abana bataye ishuri aho birirwa basunika moto n’imodoka byasaye bityo bakavuga ko ikorwa ry’uyu muhanda ari ryo rizabasubiza ku ishuri ngo kuko...
13 September 2018 Yasuwe: 879 0

Kicukiro: Hatoraguwe umurambo w’ umugabo wishwe akurwamo amaso

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Nzeri 2018, mu gihuru kiri mu kagari ka Kagasa mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, hatoraguwe umurambo w’ umugabo wari uzwi ku izina rya...
13 September 2018 Yasuwe: 3589 4

Ibintu 5 ukwiye kumenya kuri Agathon Rwasa ugiye gushinga ishyaka mu Burundi

Umunyapolitiki utavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Leta y’ u Burundi, wahoze ari umukuru w’Ishyaka FNL- Parpehutu mu gihugu cy’u Burundi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kanama 2018 yatangije ibikorwa...
13 September 2018 Yasuwe: 2557 3

Urutonde rwa Kaminuza 10 za mbere zihenze mu Isi

Kuri ubu umurage ukomeye umubyeyi akwiye guha umwana we ni ishuri, gusa aho bibera ikibazo ni uko kwiga bitagisobanuye kubona akazi. UMURYANGO ugiye kukugezaho urutonde rwa Kaminuza 10 zishyura...
13 September 2018 Yasuwe: 2789 1

Rwanda warns against ‘Ponzi-like’ WorldVentures

Rwanda has cautioned its citizens against trading with WorldVentures, a travel and earn company, over fears that it could be running a pyramid scheme.
13 September 2018 Yasuwe: 523 0

General Kayihura afite ubwoba bw’ ubuzima bwe, ngo hakozwe urutonde rw’ abagomba kwica

Gen Kale Kayihura wahoze ari Umuyobozi wa Polisi Mukuru wa Polisi ya Uganda atewe ubwoba bw’ ubuzima bwe byatangajwe n’ umuryango kuri uyu wa Gatatu ngo hari n’ urutonde rw’ abagomba kwicwa...
13 September 2018 Yasuwe: 2384 0

Kigali: Igiti kinini cyaguye hejuru y’ imodoka Imana ikinga ukuboko

Iki giti cyarandutse biturutse ku mvura yaguye mu Mujyi wa Kigali irimo umuyaga mwinshi cyane. Cyaguye ahagana ku isaha ya saa kumi n’igice z’umugoroba nk’ uko ababonye kiranduka babitangarije....
12 September 2018 Yasuwe: 1871 0

Abiga imyuga n’ ubumenyingiro barimo gutegurirwa isomo ry’ uburinganire

Minisiteri y’ uburinganire n’ Iterambere ry’ Umuryango irimo gutegura isomo ry’ uburinganire rizajya ryigishwa abanyeshuri biga mu mashuri y’ imyuga n’ ubumenyi ngiro.
12 September 2018 Yasuwe: 464 0

U Rwanda rushobora gutanga ibindi bihugu bya Afurika kwinjira muri OECD

Igihugu cy’ u Rwanda kiri mu myiteguro yo gushaka uko cyakwiyongera ku bihugu 36 bigize Umuryango Mpuzamahanga w’ Ubukungu Organization for Economic Co-operation and Development (OECD).
12 September 2018 Yasuwe: 2069 0