Perezida wa Uganda yagaragagaje ko ataramenya neza niba ibibazo by’ umutekano muke biri mu gihugu cye hari igihugu cy’ igituranyi cyibyihishe inyuma avuga nibimenyekana iki kibazo kizakemurwa.
Umugabo uvuga ko yahoze ari maneko wabigize umwuga w’ igihugu cy’ u Burusiya yavuze ko muri 2006 we ubwe yishe Donald Trump, Moscow ikamusimbuza undi basa.
Ubuyobozi bw’ akarere ka Ruhango ntabwo buvuga rumwe n’ abaturage ku mvano y’ urupfu rwa Matabaro Faustin wo mu murenge wa Kinazi bivugwa ko yapfuye nyuma yo gukubitwa n’ umupolisi witwa Shumbusho...
Amakuru yizewe aturuka mu Burundi aravuga ko itsinda ry’ abantu bataramenyekana bagabye igitero mu Burundi hafi y’ umupaka ugabanya iki gihugu na Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo.