Leta ya Isirayeli ejo kuwa mbere yatangaje ko igiye kwemerera abimukira 1000 b’Abanyetiyopiya kuba muri Isirayeli, ni umubare muto cyane ugereranyije no kuba abanya-Ethiopia bari basabye kuba muri...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zirigushyira imisoro mishya ku bicuruzwa biva mu Bushinwa bifite agaciro ka miliyari 200 z’amadolari y’Amerika mu gihe iki gihugu gikomeje gukaza intambara y’ubucuruzi...
Guhera mu mwaka wa 2020, ururimi rw’Igiswayile ruzatangira kwigishwa mu mashuri yo muri Afurika y’epfo ariko nk’ururimi bitari itegeko kurwiga mu rwego rw’ingamba iki gihugu cyafashe zigamije...
Umugabo ukuze wo mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Gikomero wo mu karere ka Gasabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
Kuri uyu wa Mbere tariki 17 Nzeli ubwo hari hagiye kuba iburanisha mu rubanza ruregwamo Private Ngendahimana Bosco ukurikiranyweho kurasa abaturage mu ijoro ryo ku wa 10 Kanama. Uru rubanza rwari...