Biravugwa ko Paul Rusesabagina yatangiye urugendo rumusubiza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuye mu Mujyi wa Doha muri Qatar aho yageze ku wa Mbere w’iki Cyumweru avuye i Kigali nyuma y’iminsi...
Hari igihe umuntu ava mu buriri akiriranwa umushiha kandi atazi neza icyawumuteye nta n’ikibazo na kimwe afite uwo munsi. Ubushakashatsi bwerekanye ko akenshi ibi biterwa n’amakosa dukora buri...
Haruna Niyonzima wahoze ari Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi yahaye ubutumwa abakinnyi b’ikipe y’amavubi ndetse n’abafana mbere y’umukino u Rwanda rufitanye na Bénin kuri uyu mugoroba wo ku ya...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu i saa munani n’iminota 20, Imodoka ya Sosiyete itwara abagenzi ya Volcano Express , yakoreye impanuka hafi y’i Ntungano iri kujya i Kampala muri Uganda ubwo...
Abari muri dosiye imwe na Poul Rusesabagina nyuma yo gufungurwa ku mbabazi za Perezida ,bashimye imbabazi bahawe Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame biyemeza gukoresha ubuhamya bwabo mu...