Dosiye ya Junior Giti na Chris Eazy bari bamaze igihe bakorwaho iperereza n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ku cyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano, yagejejwe mu Bushinjacyaha.
Angèle-Marie Habiyakare umunyarwandazi wa mbere muto waciye agahigo ko kuba mu nteko nshingamategeko y’Intara ya Genève mu Busuwisi, mu matora y’abadepite aherutse kuba ku myaka 21 yonyine.
Uyu...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yitabye urukiko kuri uyu wa Kabiri, asubiza ku byaha ashinjwa birimo impapuro mpimbano zishingiye ku mafaranga yishyuye umugore...
Umukinnyi wa filime, Mizero Ncuti Gatwa, ari ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’abantu 100 bahize abandi mu biganiro na filime bica kuri Televiziyo mu Bwongereza mu 2022.
Kuri ubu ibyamamare nyarwanda biyoboye ku rukuta rwa instagram harimo ,Meddy ,The Ben ,Shaddy Boo , Miss Mutesi Jolly , Kate Bashabe ndetse na Butera Knowless .