Ku munsi w’ejo hashize tariki ya 11 Mata 2023, nibwo habaye umuhango wo Kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abayirokotse bo ku Gisozi mu Karere ka Gasabo, barashima Inkotanyi...
Abagabo babiri bo mu Karere ka Bugesera barashwe n’inzego z’umutekano ubwo bahagarikwaga mu ijoro ryo ku wa 10 Mata 2023 bivugwa ko bavuye kwiba, aho guhagarara bakagerageza kurwanya abashinzwe...
Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports hagati ya 2019 na 2020, ni umwe mu bagize uruhare mu kubohora u Rwanda mu 1994, aho yiyunze ku Ngabo za RPA muri Gicurasi uwo mwaka.
Kuva byamenyekana ko Rusesabagina yasabye Perezida Kagame imbabazi kandi ko ashobora kuzihabwa, Umuryango we watangiye kugenza make mu bikorwa byo kumurwanaho bitandukanye.
Imodoka nto ifite plaque RAE 873 F yari itwawe na Nizeyimana Jean Bosco, yaguye munsi y’umukingo muremure, k’ubw’amahirwe abari bayirimo bose bararokoka.
Mu nzira itoroshye abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 banyuzemo ubwo bahigwaga, yaranzwe n’iyicarubozo haba mu bibi bakorerwaga ndetse no mu magambo babwirwaga.